Mu biganiro byahuje Polisi n’itangazamakuru kuri uyu wa 22 Werurwe 2019 ku cyicaro cya Polisi ku Kacyiru, ubuyobozi bwa Polisi bwatangaje ko nubwo abajura 6 mu kwezi kumwe bamaze kuraswa bagapfa ngo siwo mugambi, ariko...
Read More
Burera: Ibiyobyabwenge bifite agaciro k’amafaranga asaga Miliyoni 15 byamenewe mu ruhame
Ibiyobyabwenge ntibyarwanywa n’inzego z’umutekano gusa umuturage wese atabigizemo uruhare rwo kubirwanya. Ni muri urwo rwego ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru buri kumwe na Polisi n’abaturage tariki 20 Werurwe 2019 bamennye ibiyobyabwenge by’agaciro k’asaga Miliyoni 15, hatangwa...
Read More
Kayonza: Abaturage basabwe gukumira amakimbirane abera mu ngo
Uruhare rw’abaturage mu kwicungira umutekano no gutangira amakuru ku gihe byorohereza inzego z’umutekano gukumira ibyaha bitaraba. Ibi, babyibukijwe ndetse babisabwa na Polisi tariki 20 Werurwe 2019 mu nteko rusange y’abaturage mu Murenge wa Mukarange....
Read More
Polisi iraburira abatwara imodoka zitagira utugabanyamuvuduko
Ibi byatangajwe n’umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi, kuri uyu wa 21 Werurwe 2019, ubwo hatangizwaga igikorwa cyo kugenzura imodoka zitwara abantu n’ibintu zidafite...
Read More