Kuva tariki 05 Mata abanyeshuri bo mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye batangiye ibiruhuko bigufi bisoza igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2019. Polisi iraburira buri wese kudashora abana mu ngeso mbi zibaganisha mu gukora ibyaha. Ni...
Read More
Nyamagabe: Hafatiwe ibicuruzwa bitandukanye bya magendu
Kuri uyu wa 05 Mata 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Cyanika yakoze umukwabu wo kugenzura abacuruza ibicuruzwa bya magendu maze hafatwa ibicuruzwa bitandukanye. Bimwe muri ibyo bicuruzwa...
Read More
Sobanukirwa akamaro ko kujya kurwibutso kwibukira hamwe abacu bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana...
Read More
Nyarugenge: Umugabo yafatanwe ibikoresho yifashishaga mu gukora amafaranga y’amiganano
Kuri uyu wa 05 Mata 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Kigali yafatanye Bikorimana Fulgence ibikoresho bitandukanye yifashishaga akora amafaranga y’amiganano. Bimwe muri ibyo bikoresho uwo mugabo ukomoka...
Read More
Burera: Imodoka yafatiwemo imifuka 18 y’ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa 3 Mata 2019, Polisi ikorera mu karere ka Burera umurenge wa Kinoni ku makuru yatanzwe n’abaturage yafashe imodoka Toyata Hilux RAC746D yari ipakiye ibiyobyabwenge bigizwe n’inzoga zitemewe zo mu bwoko bwa...
Read More