Ibi byabaye mumpera z’icyumweru dusoje Ubwo Polisi ikorera muturere twa Nyanza na Ruhango yari imaze gufata abagabo babiri bari bafite inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranenge. Murwego rwo kurwanya no gukumira ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’ ibiyobyabwenge Polisi ifatanyije...
Read More
Abantu babiri batandukanye bafashwe bakekwaho gutanga ruswa no kwiyita abapolisi
Polisi kubufatanye n’Urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) yafashe Micomyiza Vedaste w’imyaka 42 y’amavuko utuye mu kagari ka Karambi Umurenge wa Kabagari mu karere ka Ruhango ukekwaho gutanga ruswa y’amafaranga ibihumbi 50 kugirango harekurwe umuvandimwe we ufungiye kuri...
Read More