Bamwe mu baturage bo mu isantere y’ubucuruzi ya Musambira bavuga ko bahangayikishijwe n’ikimodoka cy’igikamyo kimaze igihe kirenga amezi 3 giparitse cyarafunze inzira. Bavuga ko batakambiye ubuyobozi ariko bukaba bwarabimye amatwi. Bamwe muri aba baturage...
Read More
MENYA IBINTU WAKORA UKIGARURIRA UMUTIMA W’ IMANA NDETSE NI Y’ ABANTU BITYO UKABA “ UMUGISHA”
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More
Polisi y’u Rwanda izifatanya n’isi mu cyumweru cyahariwe umutekano wo mu muhanda
Buri mwaka impanuka zo muhanda zihitana abantu barenga miliyoni imwe ku isi. Nk’uko bigaragazwa n’icyegeranyo cy’umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (World Health Organization), kivuga ko Impanuka zo mu muhanda ziri ku mwanya wa 8...
Read More