Mbonyingabo Christophe, umuyobozi w’umuryango wa Gikilisitu ugamije ibikorwa by’Ubumwe n’Ubwiyunge no gufasha abatishoboye-CARSA, ahamya ko kuba amateka ya Jenoside avugwa n’abayagizemo uruhare kimwe n’abo Jenoside yagizeho ingaruka birimo gutanga umusaruro uruta uw’abayobozi bayavuga bayasoma...
Read More
Polisi ishinzwe umutekano wo mu mazi yafashe abantu barenga 160 n’ibikoresho 5,300 by’uburobyi
Polisi ihora iburira abantu kwirinda ibikorwa bikorerwa mu mazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko, irwanya ibikorwa byangiza inyamaswa zo mu mazi n’ishyirwa mu kaga ry’ubuzima bw’abantu. Hagati ya Mutarama na Nyakanga 2019 hafashwe abantu barenga 160...
Read More
Ibigo bitwara abagenzi birasabwa korohereza abanyeshuri mu ngendo bakora basubira ku mashuri
Ikiruhuko gisoza igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri abanza n’ayisumbuye kirarangiye. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 03 Kanama 2019 abanyeshuri batangiye gusubira ku bigo by’amashuri. Polisi y’u Rwanda irasaba ibigo bishinzwe gutwara abagenzi korohereza abanyeshuri...
Read More