“eRosary”, ni ishapure y’ikoranabuhanga yatangijwe n’I Vatikani kwa Papa. Iyi shapure ije mu rwego rwo kwiyegereza urubyiruko aho muri iki gihe benshi muri rwo bakoresha cyane ikoranabuhanga mu mubuzima bwa buri munsi. “eRosary”, ni...
Read More
Gasabo: Babiri bafatiwe mu bikorwa byo gushuka abaturage bakabambura
Abafashwe ni uwitwa Niyomugabo Eric ufite imyaka 33 na Tuyishime Zakayo ufite imyaka 24 y’amavuko. Bafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ukwakira 2019, bafatirwa mu murenge wa Kimironko mu...
Read More
Mu mujyi wa Kigali hagiye kuba amavugurura mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange
Urwego rw’igihugu ngenzura mikorere (RURA) rwatangiye imirimo yo gutangiza uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali. RURA iravuga ko aya mavugurura agamije gutanga serivisi nziza kandi zijyanye n’igihe...
Read More