Mu rubanza rw’umunyarwanda Neretse Fabien, ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, aho aburanishirizwa mu gihugu cy’u Bubiligi, bamwe mu batangabuhamya bari bitezwe kugera mu rukiko bamaze kuruhakanira ko...
Read More
Gasabo: Abantu babiri bakekwaho gukwirakwiza ibiyobyabwenge batawe muri yombi
Mu gikorwa cyo guca intege abantu bakwirakwiza bakanacuruza ibiyobyabwenge mu gihugu mu mpera z’icyumweru dusoje tariki ya 17 Ugushyingo 2019, umutwe wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe kurwanya ibiyobyabwenge wafatanye abantu babiri udupfunyika ibihumbi 6,233...
Read More
Abantu 767 bafatiwe mu bikorwa by’ubwambuzi bushukana
Muri uyu mwaka wa 2019 gusa abantu bagera kuri 767 bamaze gufatirwa mu byaha by’ubwambuzi bushukana, bakaba barambuye amafaranga abarirwa muri Miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda. Kuri ubu Polisi y’u Rwanda k’ubufatanye n’izindi nzego z’umutekano bahagurukiye kurwanya...
Read More