Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda-NISR kiratangaza ko abantu bagera kuri miliyoni 1.4 batakaje akazi mu gihe igihugu cyari muri gahunda ya guma mu rugo. Iki kigo, cyemeza ko abagore aribo bibasiwe cyane ugereranije n’abagabo. Ibyo...
Read More
Mu Rwanda hongeye koboneka umubare uri hejuru y’abantu 100 barwaye Covid-19
Imibare yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima ku cyorezo cya Coroavirus, uko kiriwe cyifashe mu masaha 24 ashize y’uyu wa 22 Kanama 2020, igaragaza ko abantu 109 aribo basanganwe iki cyorezo mu bipimo 4,759 byafashwe. Abakize...
Read More
OMS na UNICEF basabye ibihugu bya Afurika gufungura amashuri
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) n’iryita ku bana (UNICEF) basabye Leta z’ibihugu by’Afurika gushyiraho uburyo burimo kwirinda kuburyo amashuri yakongera gufungura imiryango muri iki cyorezo cya coronavirus. Aya mashami ya ONU avuga...
Read More
Ebola yongeye kwaduka muri DRC, abagera ku 100 bamaze kuyandura
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rivuga ko umubare w’abamaze kwandura indwara ya Ebola yongeye kwaduka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo wazamutse ukagera ku bantu 100. Uwo mubare ukubye kabiri umubare w’abarwayi...
Read More
Ibihumbi by’abaturage muri Mali bagiye mu mihanda bishimira ihirikwa ry’ubutegetsi
Abantu babarirwa mu bihumbi baraye bigabije imihanda yo mu murwa mukuru Bamako wa Mali kuri uyu wa 21 Kanama 2020, bishimira ihirikwa ku butegetsi rya Ibrahim Boubacar Keïta. Abayoboye iyo ‘coup d’État’, ku wa...
Read More