Ubuyobozi bw’umurenge wa Rugalika buvuga ko bwagowe no kumenya uburyo umugabo yatemye undi n’umupanga, hagapfa uwatemye naho uwatemwe akaba yajyanywe kwa muganga. Ni nyuma y’imirwano bivugwa ko yabaye ahagana ku i saa mbiri z’ijoro...
Read More
Muhanga: Abaturage baravuga ko babangamiwe n’ibiri gukorwa, ubuyobozi bukavuga ko bizwi
Abaturage batuye mu kagali ka Gitarama, Umudugudu wa Kagitarama baratabaza ubuyobozi kubera kompanyi y’Abashinwa yubatse rogali nini mu muhanda. Bavuga ko ibi bidakwiye, ko bizateza igihugu igihombo mu gihe cyo gukora iyi mihanda, ko...
Read More
Umurambo wa Ambasaderi wiciwe DR Congo wagejejwe i Roma, hasobanuwe icyo yakoraga aho yiciwe
Umurambo wa Ambasaderi uherutse kwicirwa muri DR Congo wagejejwe i Roma Umurambo wa ambasaderi w’Ubutaliyani wagejejwe i Roma nyuma y’uko yiciwe hafi y’umujyi wa Goma muri DR Congo ku wa mbere. Hanasobanuwe icyari kimujyanye...
Read More
Imfungwa hafi 50 muri Equateur zishwe nyuma y’imirwano yabereye muri Gereza
Abategetsi muri Equateur bavuze ko imfungwa hafi 50 zo muri Gereza eshatu zapfuye, abandi batari bake barakomereka kuri uyu wa kabiri tariki 23 Gashyantare 2021, nyuma y’aho imitwe y’intagondwa y’abo bafungwa idacana uwaka yatanaga...
Read More
Abahanga ba ONU basabye ko Gereza ya Guantanamo ifungwa
Itsinda ry’abahanga b’Umuryango w’Abibumbye-ONU rikurikirana ibijyanye n’Uburenganzira bwa muntu, kuri uyu wa kabiri tariki 23 Gashyantare 2021 bashimye umugambi wa Perezida Joe Biden wo gufunga burundu Gereza ya Guantanamo. Ariko basaba ko ibyaha bakorewe...
Read More