Bamwe mu bakobwa baterwa inda batarageza ku myaka y’ubukure, baravuga ko bakomeje kujujubywa n’imiryango yabo ndetse bagahitamo kuyihunga bakomongana, cyangwa ugasanga ababyeyi baratandukana kubera kutihanganira kubyara k’umwana wabo. Ibi bavuga, babihera ku kuba imiryango...
Read More
Ingabo za nyuma za Amerika zavuye muri Afghanistan
Indege ya gisirikare ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuye ku kibuga cy’indege cy’i Kabul, ikimenyetso cy’uko intambara yari imaze imyaka 20 kandi itabonwa kimwe irangiye. Iyi niyo ntambara ndende cyane mu mateka ya...
Read More