Ku myaka 42 y’amavuko afite, Idamange Iryamugwiza Yvonne, kuri uyu wa 30 Nzeri 2021, yahamijwe ibyaha byose yarezwe n’ubushinjacyaha, ahanishwa igifungo cy’imyaka 15 n’urugereko rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi ruri I Nyanza...
Read More
Imfungwa muri Ecuador zatanye mu mitwe hapfa abasaga 110 harimo abaciwe imitwe
Abantu batari munsi ya 116 ubu ni bo bazwi ko bapfiriye mu mirwano y’ibico by’abacyeba muri gereza yo muri Ecuador (Équateur), nkuko abategetsi babivuga, uru rukaba ari rwo rugomo rwa mbere rwiciwemo abantu benshi...
Read More
Abasirikare 4 b’u Rwanda bamaze kugwa mu ntambara n’inyeshyamba muri Mozambique
Kuva mu kwezi kwa karindwi, ingabo z’u Rwanda zakwinjira mu ntambara yo kurwanya inyeshyamba mu majyaruguru ya Mozambique, hamaze gupfa abasirikare bane b’u Rwanda mu gihe inyeshyamba zimaze gupfusha abarenga 100, nk’uko umuvuguzi w’ingabo...
Read More
Muhanga-Kamonyi: Hari ababangamiwe n’amategeko atabemerera kuboneza urubyaro
Bamwe mu bangavu baterwa inda z’imburagihe baravuga ko bazitirwa n’amategeko iyo basabye guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro kubera kudakwiza imyaka y’ubukure. Kwimwa izi serivise bituma hari bamwe bisanga bongeye guterwa inda, bakarushaho kwisanga mu...
Read More
MINECOFIN yahombeje Leta ama Miliyari yagombaga gukoreshwa mu mishinga
Kuru uyu wa mbere tariki ya 27 Nzeri 2021, Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’Igihugu PAC mu nteko ishinga amategeko, yahase ibibazo Minisiteri y’imari n’igena migambi-MINECOFIN, kubijyanye no gushyira mu bikorwa imishinga imwe...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Imbwa z’umuturanyi zamugize uko, abonye RIB ati“ Mbizeyeho kurenganurwa”
Mugwiza Benjamin, umuturage mu Mudugudu wa Nyabubare, Akagari ka Mukinga, Umurenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi avuga ko nyuma yo guhura na RIB yabasuye kuri uyu wa 27 Nzeri 2021, yizeye kurengenurwa ku rugomo...
Read More
R.Kerry ashobora kumara ubuzima bwe busigaye mu gihome azira guhohotera abana n’abagore
Umuririmbyi w’Umunyamerika R. Kelly yahamwe no gukoresha nabi kuba ari icyamamare, agashyiraho uburyo bwo guhohotera abagore n’abana abakoresha imibonano mpuzabitsina mu gihe cy’imyaka makumyabiri. Abamushinja cumi n’umwe, nkuko BBC ibitangaza, bagizwe n’abagore icyenda n’abagabo...
Read More
Kamonyi: RIB yaburiye abasambanya abana guhitamo kubireka cyangwa gutura muri Gereza
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB, kuri uyu wa 27 Nzeri 2021 rwegeranye n’ibyiciro bitandukanye by’inzego z’ibanze mu Murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi. Ni mu rwego rwo gusobanura serivise RIB iha abaturage, inshingano zayo no korohereza...
Read More
Gahunde Jean uzwi nka “Gaposho” yatawe muri yombi na RIB kubera imbwa ze
Umuherwe Gahunde Jean uzwi cyane ku izina rya “ Gaposho”, aho afite n’Umudugudu wamwitiriwe, yatawe muri yombi n’urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB azizwa imbwa ze bivugwa ko zirya abantu barimo abaturanyi be. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB,...
Read More
Abaryamana bahuje igitsina bemerewe kubana byeruye mu Busuwisi
Mu matora yabaye mu gihugu cy’Ubusuwisi, ku bwiganze bwa benshi hemejwe ko abakundana bahuje ibitsina bubakana. Ubusuwisi bugiye mu murongo n’ibindi bihugu by’Uburayi byemeje iyo ngingo ku baryamana bahuje igitsina. Imibare yashyizwe ku mugaragaro...
Read More