Urukiko Rukuru, Urugereko Rushinzwe Gukurikirana Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka, ruri i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rwagize abere abareganwaga na Urayeneza Gerard, ariko ruha Munyampundu Leon Alias Kinihira igihano cy’imyaka 25 kubera ko yitwaye...
Read More
Muhanga: Abakobwa babyariye iwabo, bibukije ababyeyi ko kubajugunya bidahindura ibibazo bahura nabyo
Bamwe mu bakobwa babyariye iwabo, baributsa ababyeyi ko kubajugunya, kubatererana ngo ni uko batwaye inda bakiri bato cyangwa bakuze bidahindura imiterere yabo mbere yo guterwa inda zavutsemo abana batumwa ibishirira, umunyu ndetse n’amazi ku...
Read More
Urujijo hagati ya M23 n’Ingabo za FARDC ku wahanuye indege y’Ubutasi ya UN
Izi mpande zombi ziri mu mirwano muri teritwari ya Rutshuru zirashinjanya guhanura kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye yaburiwe irengero mu gace k’imirwano ka Chanzu, biragoye kumenya uvuga ukuri. Ingabo za MONUSCO ziri mu burasirazuba bwa Congo,...
Read More
Umuvugizi wa M23 yashyize mu majwi ingabo za FARDC kuba arizo zabateye
Umuvugizi w’inyeshyamba z’umutwe wa M23 avuga ko ingabo za Leta FARDC ari zo zateye ibirindiro byabo mu misozi ya Rutshuru nyuma y’uko bagarutse bava mu nkambi bari barashyizwemo muri Uganda. “Major Willy Ngoma” uvugira...
Read More
Kamonyi: Mwalimu mu idini ya Islam yabengeye mu musigiti uwo bari bagiye gushyingiranwa( kufunga ndoa)
Byari Umubabaro, Agahinda n’Amarira ku bari mu Musigiti uherereye inyuma y’isoko ry’ahazwi nko mu Gacurabwenge, Umurenge wa Gacurabwenge ho mu karere Kamonyi ubwo Mwalimu mu idini ya Islam yabengaga mu ruhame umukobwa bari bagiye...
Read More
Abiga n’Abize Ubuvuzi bw’Abantu( MEDSAR ), basabwe ibisubizo ku bibazo by’ubuzima
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Urwego rushinzwe imyigishirize y’abakozi bo mu rwego rw’Ubuzima, Dr. Patrick C. Ndimubanzi yibukije abagize ishyirahamwe ry’abize n’abakora mu buvuzi ko ubushakashatsi bakora bukwiye kuba igisubizo ku bibazo byugarije ubuzima bw’abaturage bityo bikaba...
Read More
Kamonyi: Bahangayikishijwe n’ihohoterwa ry’abana bajya mu buboyi mu mijyi
Abakuru b’Imidugudu bo mu karere ka Kamonyi, baravuga ko hakwiye kujyaho gahunda yo gukemura ikibazo cy’Ihohoterwa ry’abana bajyanwa mu mijyi harimo cyane uwa Kigali n’indi gukora akazi ko mu ngo batarageza imyaka y’ubukure. Bavuga...
Read More
Uwabaye Perezida w’Uburusiya, yavuze ko ari “Ubusazi” kwibwira ko ibihano hari icyo byatwara Leta
Dmitry Medvedev wahoze ari perezida w’Uburusiya ubu wungirije umukuru w’inama ishinzwe umutekano w’igihugu, yavuze ko byaba ari “ubusazi” kwibaza ko ibihano by’iburengerazuba kuri business z’abarusiya hari icyo bizatwara Leta ya Moscow. Ibihugu by’iburengerazuba byafatiye...
Read More
AMAJYEPFO: Abayobozi basabwe gucira bugufi abo bayobora no gukorana neza
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Assumpta Ingabire yabwiye abayobozi bo mu ntara y’Amajyepfo ko bakwiye guca bugufi no gukorana neza n’abo bayobora, bakareka gukomera kurusha izina ry’Akarere bayoboye....
Read More
Kamonyi: Abantu 3 bahamijwe icyaha cyo gutwika imodoka ya Iraguha David (DAF wa FERWAFA)
Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga kuri uyu wa 24 Werurwe 2022 rwahamije uwitwa Ndungutse Pascal, Nzabihimana Gaspard na Mujawimana Olive ibyaha bari bakurikiranyweho bifitanye isano no gutwika imodoka ya Iraguha David(DAF wa FERWAFA), akaba umuturage...
Read More