Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere ari kumwe n’itsinda ry’abakozi ba Minisiteri ifite ibikorwa by’ubutabazi mu Rwanda(MINEMA), ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 22 Gashyantare 2024 ahagana ku i saa kumi,...
Read More
Kamonyi-Nyarubaka: Inkangu yatwaye ubutaka n’imyaka by’abaturage bamwe basabwa kwimuka bwangu
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2024, mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Kigusa, Umurenge wa Nyarubaka, Akarere ka Kamonyi, mu buryo budasanzwe ubutaka n’imyaka itandukanye y’abaturage biri ku buso hafi Hegitari...
Read More
Minisitiri w’Intebe wa DR Congo yeguye ariko asabwa kugira bimwe aba akora mu gihe hategerejwe undi
Minisitiri w’intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Jean-Michel Sama Lukonde yaraye yeguye kuri uwo mwanya. Yavuze ko yeguye kugira ngo abone uko ajya mu mwanya yatorewe mu Kuboza (12) kwa 2023 nka depite...
Read More
Kamonyi: Visi Meya yavuze ku mwenda ukabakaba Miliyoni 100 bishyuzwa na ba Rwiyemezamirimo bubatse ibyumba by’amashuri
Imyaka ibaye ine ba Rwiyemezamirimo bubatse ibyumba by’amashuri mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Kamonyi bishyuza amafaranga yabo ku mirimo bakoze ubwo bubakaga ibyumba by’amashuri. Bamwe bavuga ko Akarere kabateje ubukene n’ibibazo birimo iby’amabanki bafashemo...
Read More
Kamonyi: Visi Meya yasabye Abanyamakuru gushaka inkuru aho gushaka umuntu
Mu Kiganiro n’abanyamakuru, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi n’Itangazamakuru( Press conference) ku biro by’aka karere kuri uyu wa 19 Gashyantare 2024, hagarutswe ku mikoranire itari myiza aho ubuyobozi bwanenzwe kuba mu bihe bitandukanye butaragiye bubanira...
Read More
Kigali: Bagiye gufata umurambo batungurwa no gusanga warashangukiye muri Moruge(Morgue)
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2024, umuryango wapfushije umwana w’umukobwa wazindukiye ku bitaro bya Nyarugenge biherereye munsi y’ahazwi nko ku ryanyuma i Nyamirambo gufata umurambo w’umwana wabo, nyuma yo...
Read More
Kamonyi-Musambira: Uruhinja rwakuwe mu musarani rukiri kumwe n’urureri
Ahagana ku I saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Gashyantare 2024, uruhinja bigaragara ko rwari rukivuka kuko rwari rutarakurwaho urureri, rwakuwe mu musarane rukiri ruzima mu Mudugudu wa Kamashashi,...
Read More
Kamonyi: Ahazwi nko mu Gaperi imodoka yishe umwana w’imyaka 5 wavaga ku ishuri
Ahagana ku i saa munani zo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Gashyantare 2024, mu Mudugudu wa Busasamana, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Musambira imodoka yo mu bwoko bwa Fuso ifite Pulake RAF 296...
Read More
DR CONGO: Abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo baguye mu gitero cya Bombe
Abasirikare babiri bishwe abandi batatu barakomereka. Ni nyuma y’aho igisasu cya Bombe giterewe muri kimwe mu birindiro by’aba basirikare ba Afurika y’Epfo bari muri Republika ya Demokrasi ya Congo, aho izi ngabo zoherejwe gufasha...
Read More
Liberia: Imyigaragambyo y’abagore b’abasirikare isize himitswe mugenzi wabo wigeze kwigira mu Rwanda
Umukuru w’igihugu cya Liberia Joseph Boakai yagennye Général de brigade Géraldine George, kuba Minisitiri w’Ingabo w’agateganyo. Ni nyuma y’imyigaragambyo y’abagore b’abasirikare yatumye uwo asimbuye yegura. Ni bwo bwa mbere muri iki Gihugu umugore ahawe...
Read More