Ubuyobozi bw’umurenge wa Gisozi bufatanyije n’abaturage bawo, bubatse Sitasiyo ya Polisi ifite agaciro ka Miliyoni 23 z’amafaranga y’u Rwanda. Sitasiyo ya Polisi ya Gisozi yatashywe ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 31...
Read More
Umutekano ku ngoro y’umukuru w’Igihugu wongeye guhungabana
Inzu y’umukuru w’Igihugu cya Leta zunze ubumwe za America “Maison Blanche” yafunzwe ku bera umutekano. Kuri uyu wa mbere Taliki ya 30 Gicurasi 2016, Inzu y’umukuru w’Igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika yafunzwe...
Read More
Abakirisitu batakambiye ubutegetsi, batakambiye Kiriziya Gaturika biba iby’ubusa
Ubuke bw’abakirisitu muri Leta ya Massachusetts bwatumye gusaba kwabo kuburizwamo urusengero rwabo rurafungwa. Abakirisitu Gaturika bo muri Leta ya Massachussetts, bari mu mubabaro w’uko kiriziya basengeragamo igiye gufungwa nyuma yo kugerageza kuyirwanaho bikaba iby’ubusa....
Read More
Pasiteri muri ADEPR yahagaritswe ku mirimo akekwaho ubusambanyi
Pasitori wo mu itorero rya ADEPR mu Rwanda, yahagaritswe n’ubuyobozi bw’itorero nyuma yo kuvugwa ko akekwaho gusambana n’umugore w’abandi. Safari Theogene, umupasiteri mu itorero rya ADEPR mu karere ka Rulindo mu ntara y’amajyaruguru, amakuru...
Read More
Gicumbi: Abarebwa n’itegurwa ry’ingengo y’imari bashashe inzobe
Kuba bamwe batibonaga mu itegurwa ry’ingengo y’imari, byatumaga mu gihe cy’ishyirwa mu bikorwa rya bimwe mu byemezo bigira ba ntibindeba. Mu mahugurwa ya teguwe na CRADO agenewe abajyanama b’imirenge n’abakarere ku biro by’akarere ka...
Read More
Musanze: Imvura idasanzwe yaturutse mubirunga yangije byinshi.
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Busogo, isuri yamanutse mubirunga itewe n’imvura ikomeye yaguye yasenyeye abaturage yangiza imyaka yica amatungo. Amakuru ava mu karere ka Musanze, arahamya ko mu ijoro ryo kuri uyu wa...
Read More
Nyamasheke: Umuyobozi w’Akagari yafunzwe azira Ruswa
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyamasheke, yataye muri yombi umuyobozi w’akagari akurikiranyweho icyaha cya Ruswa. Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamasheke, yafunze umuyobozi w’Akagali ubwo yakiraga ruswa ashaka gufunguza umuntu uri...
Read More
Umutekano ni inshingano ya buri wese – ACP Nkwaya
Abaturage 450 bo mu murenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango, baganirijwe ku kamaro ko gukumira icyaha no kwirindira umutekano. Taliki ya 27 Gicurasi 2016, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, Assistant...
Read More
Abanyamakuru bari bagizwe imbohe barekuwe ari bazima
Mu gihugu cya Kolombiya, Abanyamakuru bari bagizwe imbohe n’abarwanya ubutegetsi bararekuwe basubira mu miryango yabo. Abanyamakuru batatu muri Kolombiya, bari bagizwe imbohe n’abarwanya ubutegetsi bwa Colombiya kuwa gatandatu w’icyumweru gishize babohowe kuri uyu wa...
Read More
Perezida Kagame yitabiriye umukino wa nyuma wa UEFA Champions League
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, ni umwe mu bakuru b’ibihugu bari bibereye ku mukino wa nyuma w’igikombe cya UEFA Champions League. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, akomeje kwerekana ko ari umwe...
Read More