Miliyoni zigera kuri 800 z’amafaranga y’u Rwanda, nizo aba bakozi 10 bakekwaho ko baba baranyereje mubitaro bitandukanye bakozemo cyangwa bagikoramo. Abakozi 10 b’ibitaro bya Kirehe, Huye na Nyamasheke batawe muri yombi ku italiki ya 11...
Read More
Umunyamabanga nshingwabikorwa afunze akekwaho kurya ibya leta
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nkingo, ari mu maboko ya Polisi aho akekwaho kuba yarariye itanura ry’amatafari rya Polisi. Karake Francois Xavier, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nkingo umurenge wa gacurabwenge afungiye kuri sitasiyo ya polisi...
Read More
Kamonyi: Minisiteri y’Ubutabera binyuze muri MAJ yegerejwe abaturage
Inzu ya Minisiteri y’ubutabera yahariwe gutanga ubufasha mu by’amategeko (MAJ) yaganirije abaturage ibibutsa ko Minisiteri y’Ubutabera iri rwagati muribo. Kuri uyu wa Kane Taliki ya 12 Gicurasi 2016, mu murenge wa Gacurabwenge, akagari ka...
Read More
Umucuruzi Milimo Gaspard yaguye mubitaro muri Kenya
Milimo Gaspard, umwe mubanyemari uzwi cyane muri Kigali cyane nyabugogo nk’ahazwi nko “kwa Milimo” yapfuye. Kuri uyu wa Kane Taliki ya 12 Gicurasi 2016, amakuru yakomeje gucicikana hirya no hino ko umucuruzi Milimo Gaspard...
Read More
Besigye, yihaye kurahirira kuyobora Igihugu atambikanwa na Polisi
Dr Kizza besigye, yihaye kurahirira kuyobora Igihugu atatorewe atabwa muri yombi na Polisi ya Uganda. Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 11 Gicurasi 2016, Dr Kizza Besigye watsinzwe amatora y’umukuru w’Igihugu Aheruka muri Uganda...
Read More