Nyuma yo gutegereza amezi agera kuri atatu batabona amafaranga yabo, abaturage bagera ku bihumbi 2000 bahisemo gukora imyigaragambyo basaba amafaranga bakoreye. Kuri uyu wa gatatu Taliki ya 18 Gicurasi 2016, abaturage bo mu murenge...
Read More
Abagize urwego rwa DASSO basabwe kugira imyitwarire myiza
DASSO bo mu turere twa Ngoma na Huye, basabwe kurangwa n’imyitwarire myiza mu mirimo yabo. Abagize urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano (District Administrative Security Support Organ-DASSO) bagera ku 146 bo mu turere twa...
Read More
Kamonyi: Mu murenge wa Mugina umugabo yafatanywe Kanyanga
Mu gihe hirya no hino mu gihugu hakoreshwa imbaraga mu kwigisha ububi bw’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, bamwe mu banze kumva bakomeje gucakirwa. kuri uyu wa gatatu Taliki ya 18 Gicurasi 2016, mu murenge wa Mugina, umugabo...
Read More
Abanyeshuri basaga ibihumbi 3700, bakanguriwe kwirinda ibiyobyabwenge
Mu rwego rwo gukumira no kwirinda ibyaha, polisi y’u Rwanda ikomeje igikorwa cyo kuganira no guhugura abanyarwanda ububi bw’ibiyobyabwenge. Polisi y’u Rwanda mu turere twa Nyagatare, Burera, Gatsibo na Gasabo yagiranye inama n’abanyeshuri...
Read More