Mu mikwabu yakorewe hirya no hino mu bice bitandukanye, Polisi y’u Rwanda yafashe ibiyobyabwenge bitandukanye ibindi biramenwa. Ku itariki 25 Kamena, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo yahagaritse imodoka yo mu bwoko...
Read More
Thierry Henry, yahawe imirimo yo gutoza ikipe y’Ababiligi
Umukinnyi wabiciye bigacika mu ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal mubwongereza akaza no kuyibera umutoza w’ikipe y’abana yagizwe umutoza mu ikipe y’igihugu y’ububiligi. Thierry Henry w’imyaka 39 y’amavuko akaba umufaransa, yamaze kugirwa umutoza wungirije w’ikipe...
Read More
Kamonyi: Abayobozi 2 Akagari na mudugudu bavugirijwe induru n’abo bayobora
Mu nama umuyobozi w’akarere yagiranye n’abaturage m’umurenge wa Rugarika, Umukuru w’umudugudu n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari bavugirijwe induru n’abaturage ku kibazo cya Girinka. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyarubuye hamwe n’umukuru w’umudugudu wa Kabarama, bavugirijwe induru n’abaturage...
Read More
Umwana na Nyina bakurikiranyweho kwica urw’agashinyaguro ihene 33
Nyiragicali Ruth w’imyaka 57 hamwe n’umuhungu we witwa Mulisa Frank w’imyaka 32, bafunzwe na Polisi aho bakurikiranyweho ubugizi bwa nabi bw’ihene 33 zishwe. Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare ifunze umwana na nyina...
Read More