Mu gihe buri wese ashishikajwe no gusiganwa ashaka ubwenge n’ubumenyi bimutegurira ejo heza agana, ishuri Saint Peter College of Shyogwe rirararikira buri wese ushaka kuryigamo kwihutira kwiyandikisha. Saint Peter College Of Shyogwe (Ishuri ryitiriwe...
Read More
Burundi: Abantu bakomeje kwicwa n’abantu bivugwa ko batamenyekana
Mu Gihugu cy’u Burundi, Abagabo babiri hamwe n’umwana w’umuhungu w’Imyaka 10 bishwe barashwe mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu ariko abakoze ubwicanyi nta wamenyekanye. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...
Read More
Abanyarwanda bafatiwe i Burundi bakatiwe n’urukiko gufungwa
Abanyarwanda 11 n’undi umwe abategetsi b’u Burundi bavuga ko bafatiwe k’ubutaka bwabo batwaye amabuye y’agaciro bari bibye muri iki gihugu bayajyana mu Rwanda, bakatiwe n’urukiko imyaka hagati y’irindwi na cumi n’itanu y’igifungo. Urukiko rukuru...
Read More
Umugogo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa watabarijwe i Mwima ya Nyanza
Umwami Kigeli V Ndahindurwa, umugogo we watabarijwe i Mwima ya nyanza aho yimiye ingoma, hagarutswe ku butwari bwamuranze haba mu gufasha abanyarwanda mu buzima bw’ubuhunzi ndetse n’uruhare rwe mu kubohora u Rwanda. Kuri iki...
Read More
Biryogo: Iduka ryafashwe n’Inkongi y’umuriro riragurumana ibyarimo biragirika
Iduka ricuruza ibyuma by’Imodoka (Spare Parts) ryafashwe n’inkongi y’umuriro riragurumana ibyarimo birangirika, Polisi ishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro ihagoboka nta nzu yindi ifashwe. Inkongi y’umuriro yafashe iduka ricuruza ibyuma by’imodoka( Spare Parts), yatangiye ahagana mu...
Read More