Abana bo mu Kagari ka Rugogwe, mu Murenge wa Ruramba ho mu Karere ka Nyaruguru, bakora urugendo rw’isaha imwe kugirango bagere ku iriba, rutuma bamwe muri bo basiba ishuri. Ikibazo cy’amazi muri aka gace...
Read More
Ngororero: Imbuto y’ ibigori ya SIDICO yateje abahinzi igihombo
Abahinzi b’ibigori bo mu murenge wa Bwira, akarere ka Ngororero mu ntara y’ Uburengerazuba baravuga ko guhinga imbuto nshya ya SIDICO byabateje igihombo. Ni mugihe izindi mbuto z’ibigori bahingaga ngo zabazaniraga umusaruro. Nyamara haba...
Read More
Abakozi ba Leta aho bari hose babujijwe kongera gusengera mu nyubako za Leta
Leta y’u Rwanda mu buryo butanyuze kuruhande yandikiye ibaruwa ireba buri mukozi wayo wese aho aherereye isaba ko amasengesho yakorerwaga mu nyubako zayo mu gihe cy’amasaha y’akazi bayibagirwa. Mu itangazo rya Minisitiri w’intebe, Anastase...
Read More