Donald Trump, Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagize umwanya wo guhura bwa mbere na Perezida Vladimir Putine w’Uburusiya ubwo bahuriraga mu nama ya G-20 irimo kubera mu gihugu cy’ubudage. Perezida Trump hamwe...
Read More
Paul Kagame, Philippe Mpayimana na Dr Frank Habineza nibo NEC yemeje
Urutonde ntakuka rwatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda, rugizwe n’abakandida batatu, babiri ni abatanzwe n’imitwe ya Politiki bakomokamo mu gihe undi umwe ari uwigenga. Abandi batatu bazategereza nyuma y’imyaka 7 iri imbere. Perezida...
Read More
Ruhango: Abaturage 20% kubona amazi meza ni nk’inzozi
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’Igihugu cy’ibarurisha mibare mu Rwanda, bwerekanye ko mu karere ka Ruhango abaturage 20% badashobora kubona amazi meza, kuribo ni nk’inzozi batarota. Ni ubushakashatse bwo muri 2014-2015. Abahanga ku Isi bemeza ko...
Read More
Imyigaragambyo yahanganishije Abapolisi n’abaturage hakomereka abatari bacye
Mu gihugu cy’Ubudage, kuri uyu wa kane nibwo abaturage ibihumbi n’ibihumbi bigabije imihanda bamagana inama ya G20 igomba kubera I Hambourg mu gihugu cy’Ubudage, uguhangana mu myigaragambyo kwakomerekeyemo abapolisi 70. Abaturage ibihumbi n’Ibihumbi baturutse...
Read More