Abatwara imodoka z’abagenzi ntoya (Taxi Voiture) mu Mujyi wa Rubavu, Intara y’Iburengerazuba barishimira umupaka munini uhuza u Rwanda na Congo nyuma yaho waguriwe ukanahabwa ibikorwaremezo bishya. Abashoferi bibumbiye muri Koperative yitwa Cotavogi ifite abanyamuryango...
Read More
Nyabihu: Abakobwa babiri bahisemo ububaji banga gusabiriza no gutega amaboko
Ntabwo bikunze kubaho mu Rwanda gusanga igitsina gore mu mwuga w’ububaji, abana b’abakobwa babiri bakiri bato dore ko nta numwe urengeje imyaka 18 y’amavuko, bakorera ububaji mu Gakiriro kari mu karere ka Nyabihu mu...
Read More