Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 1 Nzeri 2018, Abapolisi b’u Rwanda bagera ku 140 bayobowe na Assistant Commission of Police (ACP) Reverien Rugwizangoga bahagurutse i Kanombe ku kibuga cy’indege bagiye...
Read More
Abataje gutora bashobora kugira uruhare mu gushyiraho abayobozi babi- Kagabo/Amatora Huye na Gisagara
Kagabo Sylvestre, umuhuzabikorwa w’amatora mu Turere twa Huye na Gisagara, atangaza ko umuntu udatora ashobora kugira uruhare mu gushyiraho abayobozi babi. Ibi ngo biterwa n’uko udatoye, aba yiyambuye ububasha bwe akabuha umutorera uwo ku...
Read More
Huye- Amatora: Ijwi ry’umudepite umwe uhagarariye abafite ubumuga ntabwo rihagije, barifuza ko bongerwa
Amatora y’ikiciro cy’abafite ubumuga agamije gutora umudepite umwe ubahagarariye mu nteko ishinga amategeko, yabaye kuri iki cyumweru tariki 2 Nzeli 2018 mu karere ka Huye. Mu gutora, bavugako intumwa imwe mu nteko idahagije. Barifuza...
Read More
Perezida Kagame ari kumwe n’umufasha we Jeannette Kagame batoreye Abadepite mu gihugu cy’u Bushinwa
Mu Matora y’abadepite yatangiriye mu banyarwanda baba mu mahanga kuri iki cyumweru tariki 2 Nzeli 2018, Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari kumwe n’Umufasha we Jeannette Kagame batoreye Abadepite mu biro by’itora muri...
Read More