Mu bushakashatsi bwasyizwe ku mugaragaro n’ihuriro ry’imiryango yigenga itari iya Leta kuri uyu wa kabiri tariki 6 Ugushyingo 2018, abahinzi b’ibirayi 77,9% batangaza ko bategekwa igiciro bagurishaho umusaruro wabo. Iyi ngo ni imbogamizi kuko...
Read More
Kigali: Polisi yafatiye mu cyuho abantu 10 bakekwaho kunywa urumogi
Hashingiwe ku makuru yatanzwe n’abaturage bo mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 05 Ugushyingo 2018, Polisi y’u Rwanda yakoze igikorwa cyo kurwanya ibiyobyabwenge abantu 10 bafatanwa urumogi. Abafashwe ni Munezero Michel w’imyaka 31y’amavuko, yafatiwe...
Read More
Muhanga: Rwiyemezamirimo wambuwe ibirombe by’amabuye y’agaciro aratabaza
Kanyarugo Ezechiel wakoreraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu murenge wa Nyarusange mu karereka Muhanga avuga ko amaze imyaka 3 aburagizwa kugeza ubwo sosiyete yitwa Rwanda RUDNIKI bakoranaga yamwambuye ibirombe bye yifashishije icyo yita uburiganya, umwaka...
Read More
Ibigo byigenga bicunga umutekano byasabwe kunoza imikorere mu gucunga umutekano, cyane mu mahoteli
Abayobozi b’ibigo byigenga bicunga umutekano basabwe kurushaho kunoza inshingano z’ibigo bayobora zo gucunga umutekano usesuye w’abo bagirana amasezerano hagamijwe kubungabunga umutekano w’abantu n’ibyabo. Ibi babisabwe kuri uyu wa 06 Ugushingo 2018 mu nama yabahuje n’ubuyobozi...
Read More
Muhanga: Abamotari n’Abanyonzi basabwe gukumira amakosa ateza impanuka mu muhanda
Abayobozi b’amakoperative y’abamotari n’abanyonzi akorera mu mujyi wa Muhanga basabwe kugira uruhare mu gucunga umutekano wo mu muhanda, birinda ibyaha n’amakosa ateza impanuka. Babisabwe mu nama yabahuje na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka...
Read More