Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buvuga ko abakozi b’akarere n’izindi nzego zigakoreramo bakusanyije inkunga ingana na 6,950,000Fr yo gufasha abana 644 bafite ibibazo by’imirire mibi. Ibi ngo bakaba basanga batakomeza kuyobora abaturage bafite ibibazo kandi...
Read More
Kamonyi: Umuyobozi wa WFP (PAM) ku isi yasuye abahinzi b’ibigori mu Kibuza-Amafofo
David Beasley, umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ku isi-WFP(PAM) kuri uyu wa 28 Werurwe 2019 yageze bwa mbere mu karere ka Kamonyi aganira n’abahinzi bibumbiye muri Koperative KABIAKI, bahinga ibigori mu gishanga...
Read More
Rwamagana: Ku myaka 70 Nyiramagare yiyubakiye ubwiherero anenga abatabugira kandi bashoboye
Nyiramagare Alivera, avuga ko impamvu benshi mu baturage bo mu murenge wa Gishari batagira ubwiherero, ahanini biterwa n’ubunebwe ahamya kandi ko abafite imbaraga nabo usanga bafite imisarane itujuje ibisabwa kuko hari abirirwa mu tubare...
Read More
Kigali: Abamotari 70 bahagarariye abandi bibukijwe gukora kinyamwuga bakumira ibyaha
Kuri uyu wa 27 Werurwe 2019, Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali ifatanyije n’ubuyobozi bw’abamotari mu Karere ka Nyarugenge batanze amahugurwa agamije gukangurira abamotari kurushaho kunoza umwuga wabo bagira uruhare mu gukumira ibyaha. Aya mahugurwa...
Read More
Rwamagana: Polisi yashubije umuturage arenga miliyoni n’igice yari yibwe
Ku gicamunsi cyo ku wa 27 Werurwe 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Muyumbu, yashubije umuturage witwa Seburima Sarathiel w’imyka 67 amafaranga angana na 1,588,000frw muri mliyoni 1,927,000...
Read More