Ibi Polisi ibitangaje kuri uyu wa 14 Mata 2019 nyuma y’aho mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Kitabi hafatiwe imodoka yo mu bwoko bwa Toyota corolla RAA 388 N ipakiye ibiro 67 by’urumogi....
Read More
Kamonyi: Umurenge wa Runda ubaye impfura mu mirenge mu kwigurira Imodoka y’Isuku n’Umutekano
Ku bufatanye bw’ubuyobozi bw’Umurenge wa Runda n’abaturage bawo, kuri uyu wa 13 Mata 2019 nibwo imodoka yo mu bwoko bwa TOYOTA Hilux RAD 610 Y yo gufasha mu Isuku n’umutekano yagejejwe I Runda. Uretse...
Read More
Kamonyi/Kwibuka 25: Ibyo utamenye ku bikorwa by’ingengabitekerezo byakorewe abarokotse Jenoside
Mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Kamonyi babwiwe mu buryo no mu bihe bitandukanye amagambo akakaye afatwa nk’ingengabitekerezo ya Jenoside. Amagambo n’ibikorwa bifatwa...
Read More
Abapolisi bakuru 30 biga muri NPC batangiye urugendoshuri
Abapolisi bakuru 30 baturuka mu bihugu icyenda bya Afurika bari gukurikirana amasomo mu ishuri rikuru rya Polisi (National Police College) riherereye I Musanze batangiye urugendoshuri mu bigo bitanduka byo mu Rwanda mu rwego rwo gusobanukirwa...
Read More