Cyimana Gaspard bakunda kwita Tayiroro, ni umuturage w’Umurenge wa Shyogwe. Ku myaka 57 y’amavuko ashinja ubuyobozi kugaba imitungo bitwaje ko hazashyirwa ibikorwa by’ inyungu rusange nyamara hagatuzwa abaturage barimo abifite. Cyimana, utuye mu Murenge...
Read More
Kamonyi/Urugerero: Ibikorwa by’Urubyiruko biragaragaza imbaraga z’Igihugu kandi zubaka
Ugeze mu Murenge wa Kayenzi ahari Urugerero ruciye Ingando rw’abasore n’inkumi, ugatambagira ahari ibikorwa bamaze gukorera abaturage mu gihe kitarenze icyumweru bahageze, ubona imbaraga ziri muri aba basore n’inkumi bahigiye kuba imbaraga z’igihugu kandi...
Read More
SHYIRA IBYIRINGIRO BYAWE KU KINTU WIFUZA KO IMANA YAGUKORERA-Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana...
Read More
Nyamagabe: Abagize CPCs bibukijwe kuzuza inshingano zabo
Abagize komite zo kwicungira umutekano (Community Policing Committees –CPCs) ni bamwe mubafatanya na Polisi mu gucunga umutekano, batanga amakuru agamije gukumira ibyaha bitaraba. Bibukijwe inshingano bafite. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa 20...
Read More
Gasabo: Abanyeshuri ba GS Kimironko I biyemeje kurwanya ibiyobyabwenge
Abanyeshuri bo mu rwunge rw’amashuri rwa Kimironko I ruherereye mu kagari ka Kibagabaga, umurenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo bagera ku 2210 n’abarezi babo, kuri uyu wa 20 Gicurasi 2019, babinyujije mu marushwanwa y’indirimbo...
Read More