Perezida w’Igihugu cya Mali, Ibrahim Boubacar Keïta yatanze imbabazi ku mfungwa 400 mu rwego rwo kugabanya ikwirakwira rya Coronavirus, nkuko ibiro by’umukuru w’igihugu byabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki 19 Gicurasi 2020. Minisitiri w’Ubutabera...
Read More
Abanyamahanga 182 binjiye ku butaka bwa Kenya baranduye Coronavirus basubijwe Tanzania
Abayobozi bashinzwe iby’Ubuzima mu Gihugu cya Kenya, basubije inyuma abanyamahanga bagerageje kwinjira ku mipaka itandukanya iki gihugu na Tanzania nyuma y’uko babapimye bakabasangana Coronavirus. Muri abo banyamahanga basanze baranduye, 126 muribo ni abaciye ku...
Read More
Umubare w’abanduye Covid-19 wiyongereyeho 6 mu bipimo 982 byafashwe none
Itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ryo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2020 ku mibare mishya y’abanduye Covid-19, rigaragaza ko habonetse abantu 6 bashya, ariko kandi hakira 7. Umubare w’Abanduye bose wabaye abantu 314, barimo 216...
Read More
Kabuga Félicien yasabiwe gukurwa mu Gihugu cy’u Bufaransa
Kuri uyu wa 20 Gicurasi 2020, ubwo umunyarwanda Kabuga Félicien uherutse gutabwa muri yombi I Paris mu Bufaransa yagezwaga imbere y’urukiko rw’ubujurire rwa Paris mu rugereko rwarwo rushinzwe kuburanisha ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyoko muntu,...
Read More
Menya ukuri mpamo k’umugore umwe rukumbi uherutse kubabarirwa na Perezida Kagame
Yitwa Uwase Jaqueline Jaribu, akaba yaraburanishijwe n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, Ruri I Nyarugenge ruhaburanishiriza imanza z’inshinjabyaha. Yashinjwe Gutuka cyangwa gusebya Perezida wa Repubulika. Kubabarirwa k’uyu mugore, byasohotse mu itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yo kuwa...
Read More
Kamonyi: Meya ati“ Abahabwa ibyangombwa byo kubaka si abo mu Midugudu itatu gusa”
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka kamonyi n’abaza ku hubaka bamaze iminsi bavuga ko batewe impungenge n’itangazo riri kuri twitter y’akarere ka Kamonyi, rigaragaza ko imidugudu ya Nyagacyamo (Runda), Ntebe( Rugalika) na Nyagasozi...
Read More
Nyanza/itonesha mu bacuruzi: “Twebwe iyo tugeze mu isoko bavuza induru”, nyamara abandi bakora buri munsi
Bamwe mu bacuruzi bo mu isoko ry’Akarere ka Nyanza, baravuga ko babangamiwe ni uko hari bamwe muri bagenzi babo bemerewe gucuruza buri munsi hakaba n’abatabyemerewe. Ni muri gahunda y’ingamba za Leta mu kwirinda no...
Read More