Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 05 Kamena 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu yafashe ukekwaho gucuruza urumogi, yafatanwe udupfunyika 3000. Uru rumogi rwafatanwe uwitwa Kwizera Bosco ufite imyaka 30 y’amavuko,...
Read More
Rusizi na Rusumo hakomeje kuzamura imibare mishya y’abarwayi ba Covid-19
Mu mibare yo kuri uyu wa 06 Kamena 2020, yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku buryo icyorezo cya Covid-19 kiriwe gihagaze, hagaragajwe abarwayi bashya 11 mu bipimo 945 byafashwe. Rusizi na Rusumo niho hihariye uyu...
Read More
Kamonyi: Hari aho amwe mu mabwiriza yo kwirinda Covid-19 adashoboka(amafoto)
Ni mu Murenge wa Musambira, aho isoko rirema kuwa Gatanu. Isoko ni isoko, guhana intera ( Social Distancing) nibura ya Metero haba mu bacuruzi, haba mu baguzi bigaragara ko bidashoboka ubuyobozi butabigizemo uruhare. Kuri...
Read More
Nyanza: Haji Enterprise “Ntibakora”bivugwa ko bashyizwe mu kato
Umushoramari, umucuruzi ukomeye witwa Havugimana Said, wamenyekanye cyane mu bucuruzi ku izina rya Haji, aho afite Kampuni yitwa Haji Enterprise, aberekeza inzira za Nyanza cyangwa abavayo aha barahazi kuko benshi ntawe uhatambuka atahaguze amata...
Read More
Kamonyi/Musambira: Ku myaka isaga 70 y’amavuko, ati“Inzara n’imibereho mibi” biranyahuranije
Atuye mu Mudugudu wa Mbari, Akagari ka karengera, Umurenge wa Musambira ho mu karere ka kamonyi, akitwa Ugirashebuja Yohani. Imibereho ye muri byose avuga ko ari mbarubukeye, abagiraneza nibo bakimufashije gusunika iminsi nkuko abivuga...
Read More
ONU/UN iratabariza Abanyekongo b’abasivili basaga 1300 bishwe
Umuryango w’Abibumbye-ONU/UN, uratangaza ko abasivili 1,300 bishwe mu gihe cy’aya mezi umunani ashize muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu mirwano yahuje ingabo z’iki gihugu n’imitwe itandukanye yitwaje intwaro. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri...
Read More