Mu itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima rigaragaza uko icyorezo cya Covid-19 kiriwe gihagaze mu Rwanda, kuri uyu wa 22 kamena 2020 hagaragajwe abantu 59 basanganye iki cyorezo bavuye mu bipimo 2,287 byafashwe none. Aba nibo...
Read More
Leta y’u Burundi yagize icyo ivuga ku cyemezo yafatiwe na Amerika cyo kudaha VISA abarundi
Leta zunze ubumwe za Amerika, ziherutse gufata icyemezo cyo kudaha VISA zinjira ku butaka bwayo Abarundi, uretse abakorera imiryango mpuzamahanga n’abahagarariye u Burundi mu mahanga kandi nabo babanje kwerekana ko bafite impamvu z’akazi. Kuri...
Read More
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi ati” Abakene si umwanda ahubwo ni abantu”
Papa Francis, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, asaba abatuye isi guhindukira bakareba abakene. Avuga ko icyorezo cya coronavirus cyerekanye neza uko abakene bigijweyo muri sosiyete/mu muryango. Avuga ko ubukene kenshi buhishwa, ariko kugerageza...
Read More
Abantu barenga 20 barimo n’abasirikare baguye mu bitero by’abitwaje intwaro muri DRC
Abanyagihugu 19 nibo bamenyekanye ko baguye mu bitero byagabwe n’abitwaje intwaro, byagabwe mu bice bitandukanye by’uburasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokalasi ya Congo mu mpera z’icyumweru dushoje. Ibi bikorwa bishinjwa umutwe wa ADF urwanya ubutegetsi...
Read More
Uruhande rwa Trump wiyamamariza indi manda, batunguwe n’umubare mbarwa w’abitabiriye
Ubwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Kamena 2020, Perezida Donald Trump we n’itsinda rye bari I Oklahoma mu gikorwa cyo kwiyamamaza ahatanira indi manda, batunguwe n’ubwitabire bw’abantu bakeya mu gihe uyu Perezida yari...
Read More
USA/Minneapolis: Igitero cy’imbunda cyahitanye umuntu umwe abarenga 10 barakomereka
Mu mujyi wa Minneapolis, muri leta ya Minnesota, ho muri Leta zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa 21 Kamena 2020 abitwaje imbunda bataramenyekana bagabye igitero bararasa, bica umuntu umwe bakomeretsa abandi 12. Amashusho...
Read More
Huye: Abagabo bifuza ko bashyirirwaho ubundi buryo bwo kuboneza urubyaro
Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Huye bavuga ko bifuza kugira uruhare rufatika muri gahunda yo kuboneza urubyaro bibakoreweho, ariko ko bahura n’imbogamizi yo kuba uburyo bo bakoresha ari buke ugereranyije n’ubw’abagore. Ni...
Read More
Huye: Abagirwaho ingaruka n’uburyo bwo kuboneza urubyaro barasabwa kwegera abaganga
Bamwe mubabyeyi bo mu Karere ka Huye bitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bagaragaza imbogamizi z’uko hari bumwe mu buryo bahitamo bwo kuboneza urubyaro ntibuhure n’imibiri yabo bikabaviramo kurwara indwaza za hato na hato nko...
Read More