Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice asaba inzego z’ubuyobozi, abapatanye kubaka ibyumba by’amashuri mu karere ka Kamonyi n’abandi bireba ko bakwiye gukorera hamwe bakihutisha imirimo y’iyubakwa by’ibi byumba mu gihe nibura kitarenga kuwa 15 Nzeri...
Read More
Ibyumba by’amashuri muri Kenya byahinduwe ahororerwa inkoko kubera Coronavirus
Icyemezo cya Leta ya Kenya cyo gufunga amashuri yose kugeza mu kwezi kwa mbere umwaka utaha mu rwego kwirinda coronavirus cyatumye amashuri menshi yigenga agorwa no kubaho, nkuko bikubiye muri iyi nkuru y’abanyamakuru ba...
Read More
Abishwe na Covid-19 babaye 15 mu gihe abarwaye babaye 231
Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima ku cyorezo cya Coronavirus, igaragaza ko mu masaha 24 y’uyu wa 25 Kanama 2020 habonetse umuntu umwe wishwe n’iki cyorezo, ariwe wuzuza umubare w’abantu 15 kimaze guhitana, mu gihe...
Read More
Kamonyi-Mukunguri: Huzuye uruganda rwa “Kawunga”
Niyongira Uzziel, umuyobozi w’uruganda rusanzwe rutunganya umuceli rwa Mukunguri, avuga ko bujuje urundi ruganda rwa Kawunga, ruje gutanga ihiganwa ku isoko rya Kawunga haba mu bwiza no mu buryohe. Abatunganyaga n’abacuruza akawunga kadasobanutse babe...
Read More
Ingabo na Polisi by’u Burundi barwanye n’ingabo bivugwa ko ari iz’umutwe urwanya ubutegetsi
Kuri uyu wa 24 Kanama 2020, muri komine Bugarama mu ntara ya Rumonge mu burengerazuba bw’u Burundi habaye imirwano yashyamiranyije abapolisi bafatanyije n’ingabo za Leta n’itsinda ry’abantu bitwaje intwaro. Ejo kuwa mbere, nkuko BBC...
Read More
Abasirikare bahiritse ubutegetsi muri Mali bananiwe kumvikana n’intumwa za CEDEAO
Ibiganiro muri Mali bigamije gucyemura ikibazo cya politike cyavuye ku ihirikwa ry’ubutegetsi ryo mu cyumweru gishize, byarangiye kuri uyu wa 24 Kanama 2020 nta masezerano agezweho. Ni ibiganiro by’iminsi itatu, byatangiye kuwa Gatandatu tariki...
Read More