Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije ubujurire bwa Idamange Iryamugwiza Yvonne ku cyemezo kimufunga by’agateganyo, yavuze ko yafunzwe bidakurikije amategeko, kandi n’ubu aho afungiye abuzwa kwegera abandi, asaba kurekurwa akaburana adafunze. Idamange, aregwa ibyaha birimo...
Read More
Ubusambanyi bukorerwa mu nzu y’inteko ya Australia bwabyukije ibyari bihishwe
Hari amashusho yagaragaje abakozi bo mu nteko ishingamategeko ya Australia bakora igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina mu nzu y’inteko, ibi byatumye umwe mu bakozi bakuru yirukanwa. Byanatumye byinshi mu bitari byagashyirwe hanze bivugwa, Leta inengwa uko...
Read More
Umunyamerika yatawe muri yombi ashinjwa ibikorwa birwanya Leta ya Uganda
Polisi ya Uganda yatangaje kuri uyu wa mbere ko yataye muri yombi umuturage w’Amerika “kubera uruhare ashinjwa kugira mu bikorwa birwanya leta bigamije kubangamira imikorere yayo”. Umunyamerika Guy Smith yatawe muri yombi ku cyumweru...
Read More
USA: Umugabo yishe arashe abantu 10 barimo n’umupolisi
Umugabo witwaje imbunda yishe abantu 10, barimo n’umupolisi, nyuma y’impagarara zamaze amasaha mu isoko ry’imboga ryo muri leta ya Colorado, nkuko polisi y’Amerika ibivuga. Icyo gitero cyabereye mu mujyi wa Boulder, cyarangiye hari inkomere...
Read More
Impunzi zishwe n’umuriro wadutse mu nkambi yazo muri Bangladesh
Umuriro w’inkazi wadutse mu kambi y’impunzi z’aba Rohingya mu majyepfo ya Bangladesh kuri uyu wa mbere, utwika inzu ibihumbi kandi wica abantu batari bake. Ibi byatangajwe n’abategetsi hamwe n’ababyiboneye. Mohammed Shamsud Douza, wungirije umutegetsi...
Read More
Leta ya Misiri mu mugambi wo gukora urukingo Sinovac rwa Covid-19
Guverinema ya Misiri ifite icyizere cyo kuzabasha kusinya amasezerano na sosiyeti y’Ubushinwa Sinovac Biotech Ltd (SVA.O) mbere y’impera z’uku kwezi kwa gatatu, kugirango urukingo rwayo rwa virusi ya corona rukorerwe mu Misiri. Minisitiri w’ubuzima...
Read More
Abana 4 bari mu bapfiriye mu mubyigano w’ibihumbi by’abaturage basezeraga kuri Magufuri
Umugore n’abana bane bapfiriye mu mubyigano w’abashakaga kureba isanduku irimo umurambo wa John Magufuli ku kibuga cy’indege. Andi makuru avuga ko abapfuye bashobora kuba barenga 40 nubwo abategetsi batabyemera. Abantu ibihumbi bibarirwa muri za...
Read More