Abakora umwuga w’uburaya hamwe n’abagabo baryamana n’abo bahuje ibitsina (Abatinganyi) barasaba ko batajya bashyirwa ku ruhande muri gahunda zigenerwa abandi baturage ziba zarateganyirijwe kubavana mu bukene. Gusa na none hari ababashinja ko nabo ubwabo...
Read More
Uganda yashyizwe mukato na Leta y’Ubwongereza
Leta y’Ubwongereza yashyize Igihugu cya Uganda ku rutonde rw’ibihugu ababivuyemo batemerewe gukandagira ku butaka bwayo guhera tariki 30 Kamena 2021. Ibi bigendanye no kwiyongera kw’abanduye Coronavirus n’ubwoko bushya bw’iyi virus bwandura vuba cyane. Abongereza...
Read More
Abantu 99 baracyashakishwa nyuma yo kuriduka kw’inzu y’amagorofa 12 i Miami
Abatabazi bari gushakisha abantu baba bagihumeka mu bisigazwa by’inzu yo guturamo y’amagorofa 12 yasenyutse kuri uyu wa kane mu mujyi wa Miami, leta ya Florida muri Amerika. Umuntu umwe wapfuye niwe bimaze kwemezwa ko...
Read More
Muhanga: Abatinganyi hamwe n’abakora uburaya, bafite impungenge z’ubwandu bushya bw’agakoko gatera Sida
Abakorera uburaya mu mujyi wa Muhanga hamwe n’abakora imibonano mpuzabitsina n’abo babihuje, baravuga ko nyuma y’isozwa ry’ibikorwa by’umushinga“ Ihorere Munyarwanda” wari usanzwe ubaba hafi, bafite impungenge z’ubuzima bwabo bushobora kujya mu kaga ndetse hakaba...
Read More
Perezida Museveni yatanze ikiruhuko cyo gutakambira Imana mu masengesho kubera Covid-19
Umukuru w’Igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Kamena 2021 ari umunsi w’ikiruhuko, wo gusengera abakozi bo kwa muganga n’imiryango yakozweko n’icyorezo cya Covid. Igihugu cya Uganda...
Read More
Padiri ukekwaho kwijandika mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge yasutse Aside kuba Senyeri
Padiri Athens, yatawe muri yombi mu murwa mukuru w’Ubugiriki Anthens/Athenes nyuma yo gutera aside Abasenyeri barindwi bo mu idini ry’aba Orthodox, nkuko Polisi y’iki gihugu ibitangaza. Bivugwa ko aba Basenyeri barimo kwiga uko bafata...
Read More
Padiri mukuru wa Paruwase Gatolika ya Rwamagana yatawe muri yombi na RIB
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB, rutangaza ko rwataye muri yombi umupadiri ukuriye Paruwasi Gatolika ya Rwamagana, aho rumukurikiranyeho kubika amafaranga menshi yibwe. Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yabwiye igihe dukesha iyi nkuru ko...
Read More
Bugesera: RIB mu baturage, bati“ Twamenye kurushaho ihohoterwa rikorerwa abana”, ntaguceceka
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB, rwasuye abaturage b’Umurenge wa Juru, Akarere ka Bugesera, baganirizwa ku mikorere n’imikoranire ya RIB n’abaturage, by’umwihariko uko barushaho gukumira no kurwanya ibyaha. Abaturage bavuga ko basobanukiwe cyane ibijyanye n’ihohoterwa rikorerwa abana,...
Read More
Covidi iyo itashye ubukwe, ibatahira ubukwe mwese-CP Kabera
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera mu kiganiro “Ubyumva ute”? kuri KT Radio kuri uyu wa 22 Kamena 2021, yongeye gukebura no kwibutsa abakerensa icyorezo cya Coronavirus ko ntawe gisiga iyo...
Read More
Covid-19: Guverineri Habitegeko yakebuye abashinga utubari mu ngo, mu mashyamba no mu modoka
Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba, Habitegeko Francois avuga ko hari bamwe mu baturage bateshuka ku ngamba zo kwirinda icyorezo cya Covid-19, bagashinga utubari mu ngo zabo, bakajya kunywera mu mashyamba no mu modoka. Yibutsa abakora ibi...
Read More