Urukiko rukuru rwo muri South Carolina/Caroline du Sud imwe muri Leta zigize Amerika, rwahagaritse inyongwa ry’abafungwa babiri kuzageza igihe bo ubwabo bazihitiramo uburyo bashaka gupfamo cyangwa se kwicwa, hagati yo gukoresha umuyagankuba (electrocution)/amashanyarazi ndetse...
Read More
Kamonyi- Nyarubaka: Barimo kwiyubakira ibibuga by’imikino irimo n’iyo batari bamenyereye
Abaturage bo mu murenge wa Nyarubaka, Akagali ka Nyagishubi baravuga ko bafatanije n’ubuyobozi bwabo barimo gukora ikibuga cy’ahazwi nko mu Rugando, kimaze hafi imyaka 8 kidakoreshwa kubera ibiza byacyangije, bikagisiba. Bari kandi gukora ibindi...
Read More
Kamonyi-Nyarubaka: Koperative y’abahinzi ba Kawa ihangayikishijwe no kutagira ubwanikiro
Umuyobozi wa Koperative y’abahinzi ba kawa mu murenge wa Nyarubaka, Mutayomba Papias avuga ko babonye umusaruro mwinshi bakabura aho kwanikira, bahitamo kwitabaza ikibuga cy’umupira bakigira ubwanikiro bwa kawa. Hamwe n’abanyamuryango, barasaba ko bafashwa kubona...
Read More
Akarere ka Rubavu kashyizwe muri “Guma mu Karere”
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu kuri uyu wa 16 Kamena 2021 yatangaje ko amaze kubijyaho inama n’izindi nzego, ishingiye kandi ku myanzuro y’inama y’Abaminisitiri iheruka, yafashe icyemezo cyo gushyiraho ingamba zidasanzwe zishyira akarere ka Rubavu muri...
Read More
Arabia Saoudite: Yishwe anyozwe azizwa ibyaha yakoze akiri umwana
Umugabo wo muri Arabia Saoudite yishwe anyonzwe ku byaha abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko yakoze agifite imyaka 17, nubwo iki gihugu cyari cyatangaje ko cyakuyeho igihano cy’urupfu ku bana. Mustafa Hashem al-Darwish yahagaritswe...
Read More
Nyaruguru-Busanze: Poste de Sante bari bategereje bayitashye, bavuga ko ari nko kubonekerwa
Abaturage bo mu Murenge wa Busanze, Akagari ka Nteko barishimira ivuriro rito ryabegerejwe-Poste de Sante, bavuga ko ari nk’ijuru ryiza ryabagwiriye mu kuyibegereza. Bahamya ko izabafasha mu koroshya urugendo rurerure bakoraga bajya kwivuza ariko...
Read More
OTAN/NATO ihangayikishijwe n’imyitwarire y’Ubushinwa mu birebana n’igisirikare
Abategetsi bo mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) bari bari mu nama i Buruseli mu Bubiligi, baburiye ko Ubushinwa buteje inkeke mu bya gisirikare, bavuga ko imyitwarire yabwo ari “ingorane ahantu hose”....
Read More
Nyanza-ILPD: Minisitiri Busingye yasabye abiga amategeko kutajenjeka mu kazi no kubaha amahame abagenga
Minisitiri w’Ubutabera mu Rwanda akaba n’intumwa ya Leta, Johnston Busingye, ubwo kuri uyu wa 14 Kamena 2021 yaganiraga n’abanyeshuri biga mu ishuri rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko( ILPD), yabibukije ko badakwiye kujenjeka, ko imikorere...
Read More
Covid-19 yakereje igarurwa ry’iryinyo rya Patrice Lumumba muri DR Congo
Gusubiza muri Congo igice gisigaye ku mubiri w’intwari y’ubwigenge bwa Congo Patrice Lumumba byakererejwe na Covid-19. Imihango yo kumwibuka biteganyijwe ko izatangira tariki 21 z’uku kwezi, hamwe no kugarura agace kasigaye bikekwa ko ari...
Read More
So how did the classical Latin become so incoherent? According to McClintock
So how did the classical Latin become so incoherent? According to McClintock, a 15th century typesetter likely scrambled part of Cicero’s De Finibus in order to provide placeholder text to mockup various fonts for a type...
Read More