Nomia Rosemary Ndlovu wahoze ari umupolisi muri Afurika y’epfo yahamwe no kwica benewabo (abo mu muryango we) batanu ndetse n’umusore bakundanaga, ku musozo w’uru rubanza rwatumye igihugu kigwa mu kantu. Uko ari batandatu bishwe...
Read More
Icyamamare mu gucuranga Piano mu bushinwa yatawe muri yombi azira indaya
Icyamamare mu gucuranga Piano mu Gihugu cy’u Bushinwa, Li Yundi, afunzwe azira gusambana n’indaya, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru cya Leta. Ku rubuga nkoranyambaga, Polisi yanditse ko umugabo w’imyaka 39 hamwe n’indaya y’imyaka 29, bemeye ko...
Read More
ITANGAZO RYO GUHINDUZA AMAZINA YA MINANI STEPHANO
intyoza.com...
Read More
Umuryango wa Kabuga urasaba gusubizwa imitungo yabo yafatiriwe
Abana ba Kabuga Félicien, utegereje kuburanishwa ku byaha byibasiye inyokomuntu i La Haye, barasaba ko imitungo yabo ndetse n’iya se yafatiriwe n’ubutabera yarekurwa. Kabuga wafatiwe mu Bufaransa taliki 16 Gucurasi 2020, inama ntegurarubanza ye...
Read More
Amajyepfo: Guverineri Kayitesi asanga nta nganda zikwiye kuba ziri mu ngo z’abaturage
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice avuga ko hari inganda zimaze gusaba gukorera mu byanya by’inganda byashyizweho hagamijwe guha agaciro ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi. Ku rundi ruhande, aributsa ko nta ruganda rukwiye gukorera mu ngo kuko...
Read More
Wivunika mu kubaka kandi hari Kompanyi ya K.P.A yagufasha muri byose
Ni Kimisagara Polytechnician Association Company-K.P.A, ikorera mu ntara zitandukanye z’igihugu. Itanga inama z’ubwubatsi kubafite imishinga mito n’iminini, ifasha mu gukora ibishushanyo by’inyubako (plans), igafasha abantu kubona ibyangombwa byo kubaka banyujije imishinga yabo muri bpmis....
Read More
U Rwanda nicyo gihugu rukumbi mu karere cyubahirije nyirantarengwa mu gukingira Covid-19
Ibihugu 15 bya Africa nibyo byageze ku ntego y’isi ya OMS/WHO yo gukingira Covid-19 abarenga 10% by’abatuye igihugu bitarenze itariki 30 y’ukwezi kwa cyenda. Muri ibyo bihugu u Rwanda rurimo, rukaba ari narwo rwonyine...
Read More
Malawi: Umudepite yirasiye mu nteko ishingamategeko ahita apfa
Uwahoze ari intumwa ya rubanda/umudepite akomeye cyane mu nteko ishingamategeko ya Malawi, Clement Chiwaya, yirasiye mu nzu y’inteko ahita apfa. Chiwaya, yagendaga yicaye mu kagare k’abafite ubumuga nyuma yo kurwara indwara y’ubukangwe/imbasa afite imyaka...
Read More