Ukraine izahabwa intwaro zigezweho zikorerwa muri Amerika zo kwirinda ibitero bya misile zizwi nka ‘Patriot defence missile system’ mu kwirinda ibitero bya misile na drones by’Uburusiya, nk’uko White House yabyemeje mu rugendo rwa Perezida...
Read More
Igisirikare cy’u Rwanda kirasabirwa guhagarikirwa inkunga
Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu y’Iburayi yasabye umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) guhagarika inkunga uha igisirikare cy’u Rwanda, igishinja gufasha umutwe wa M23. Mu ibaruwa ifunguye, iyo miryango yasabye EU kwamagana “kumugaragaro kandi ikomeje”...
Read More
U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku birengo bikomeje kwiyongera rushinjwa gufasha M23
Leta y’u Rwanda yatangaje ko kuyishinja gufasha inyeshyamba zo muri DR Congo za M23 “atari byo kandi biyobya” ku “mpamvu nyakuri” y’amakimbirane mu burasirazuba bw’iki gihugu kimaze iminsi ari isibaniro ry’imirwano ihanganishije uyu mutwe...
Read More
Canada-Toronto: Abakobwa umunani (8) bakiri bato barakekwaho kwica umugabo w’imyaka 59
Abakobwa umunani b’inkumi ziri mu myaka hagati ya 13-16 barezwe kwica umugabo w’imyaka 59 bamujombaguye ibintu mu ijoro ryo kuwa gatandatu w’icyumweru gishize mu mujyi wa Toronto, nk’uko abategetsi babivuga. Polisi ivuga ko bisa...
Read More