Abahinzi b’Umuceri muri Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA ari nabo bafite imigabane isaga 70% mu ruganda MRPIC rutunganya umusaruro wabo w’Umuceli bahinga mu kibaya cya Mukunguri, barashinja ubuyobozi bw’uru ruganda kurubahezamo buvuga ko bateza“akajagari”, banduza uruganda. Ni...
Read More
Kamonyi-Amayaga: Itsinda“Twisungane”ryahigiye guca Ubukene mu muryango na Nyakatsi mu buriri
Ni itsinda rigizwe n’igitsina “Gore”, ryiganjemo abagore babarizwa muri Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA Mukunguri. Nyuma yo kuremera bagenzi babo babagurira ibikoresho byo mu Gikoni ndetse n’amatungo magufi, hatahiwe ibiryamirwa, aho kuri uyu wa Kabiri mu nteko...
Read More
Kamonyi-COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA: Mugenzi Ignace yaciriye umuvuno umusimbuye, amwereka ko ikibuga giharuye
Mugenzi Ignace wari umaze imyaka 6 ayobora Koperative COOPRORIZ-ABAHUZABIKORWA Mukunguri yasimbuwe ku buyobozi. Yasabye abamukoreye mu ngata kurushaho kubaka imiyoborere myiza mu banyamuryango, gukora cyane bakazamura umusaruro no kunoza ibyo bakora mu nyungu z’umunyamuryango...
Read More
Kamonyi: Umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo-RPC, yatanze integuza ku Bahebyi, Minisitiri yungamo
“Abahebyi” ni izina rizwi cyane mu bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro nta byangombwa, basa n’abiba rimwe na rimwe bakarangwa n’ibikorwa by’urugomo no guhohotera uwo bakeka kubasagarira abitambika, ababuza kujya mu birombe. Mu nteko y’abaturage yo...
Read More
Kutagira ubushakashatsi bw’ahacukurwa amabuye y’agaciro ni imbogamizi kubabukora- Mujawase Ernestine
Enjenyeri( Engineer) Mujawase Ernestine, Umuyobozi ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Gisizi Mining Company Ltd (GIMI) ikorera mu Murenge wa Kayenzi, Akarere ka Kamonyi avuga ko kutagira ubushakashatsi bugenderwaho ku hakorerwa imirimo y’ubucukuzi bibangamiye ababukora....
Read More
Kamonyi: Asaga Miliyoni 100 yagaruwe mu baturage n’ikigo cy’ubucukuzi bw’Amabuye y’agaciro-RMB
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi buvuga ko ikigo cy’Igihugu gifite ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu nshingano-RMB umwaka ushize cyagaruye amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni 107 mu baturage. Ni mu rwego rwo gufasha no gusigasira iterambere...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Biyemeje kwiyubakira Ibiro by’Umudugudu w’icyerekezo birimo n’irerero-ECD
Mu gikorwa cy’Umuganda usoza ukwezi kwa Nzeri uyu mwaka wa 2023, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rukoma bufatanije n’Abaturage b’Umudugudu wa Kanyinya, Akagari ka Remera, Abavuga rikumvikana hamwe na bamwe mu baturage bahavuka, batangiye kubaka inyubako...
Read More
Ruhango: Twiyemeje guteza imbere abaturage bagakora, bagahagarara bwuma-Meya Habarurema
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens avuga ko bashyize imbere icyazana impinduka nziza ku buzima bw’abaturage b’Akarere abereye umuyobozi. Abaturege bakennye, abafite ubuzima butameze neza bagafashwa kwiteza imbere, bagahagarara bwuma, bagakora banezerewe. Ni igikorwa...
Read More
Ruhango: Miliyoni zisaga 269 zarokoye ubuzima bw’abatwarwaga n’umugezi w’Akabebya
Abaturage n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango by’umwihariko Umurenge wa Mbuye na Kinazi, barishimira ikiraro cyuzuye ku mugezi w’Akabebya. Ni umugezi abawuturiye bahamya ko mu myaka yashize watwaye abatari bake mu gihe wabaga wuzuye kubera imvura....
Read More
Kamonyi: Nta butaka dushaka kubona budahinze kabone n’ahagenewe kubakwa hatubatse-Dr Nahayo
Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere yasabye abaturage guhaguruka bagahinga ahari ubutaka hose muri aka karere, ahagenwe imiturire, yemwe n’ahari ibibanza byo kubakwamo ariko bikaba bitubakwa. Asaba uzi ahari ubutaka budahinze gutanga amakuru,...
Read More