Umwe mu bakozi bakira abakiriya baje kubitsa no kubikuza amafaranga(Umubitsi) muri SACCO Mbonezisonga iherereye mu Murenge wa Musambira, Akarere ka Kamonyi yafashwe(yatahuwe) n’ubuyobozi bw’ikigo akorera amaze gutwara amafaranga Miliyoni eshatu n’ibihumbi Magana atanu n’icyenda...
Read More
Ngororero: Ibitaro bemerewe na Perezida Kagame bizatwara asaga Miliyari 33
Hashize igihe abaturage bo mu karere ka Ngororero bategereje kubakwirwa ibitaro bigezweho bemerewe na Perezida wa Repubulika yu Rwanda Paul Kagame. Itangira ry’imirimo yo kubaka ibi bitaro ryadindijwe no kubanza gushaka ikibanza bubakamo bitewe...
Read More
Huye: Abagera kuri 146 mu ngamba zo guhanga imirimo mishya 8,000
Kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Kanama 2023, abafatanyabikorwa batandukanye bakorera mu karere ka Huye basaga 146, bahuriye mu nama nyunguranabitekerezo biga ku guhanga imirimo mishya muri aka karere. Hamwe n’ubuyobozi bw’Akarere, bagaragaje...
Read More
Kamonyi: Ntabwo dukwiye kuyobora abaturage bishwe n’inzara, tubasabye kuzana impinduka-Guverineri Kayitesi
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yibukije abakora ubuhinzi n’abafashamyumvire babwo bahawe Telefoni ko bakwiye kuba imbarutso nziza yo gufasha abaturage kugira impinduka zigaragara mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi bitunze abarenga 80%. Yabasabye gutanga amakuru ku...
Read More
Muhanga-Umuganura: Meya Kayitare aributsa Ababyeyi kwigisha abato ibigize umuco Nyarwanda
Mu kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’Umuganura uba ku wa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Madamu Kayitare Jacqueline ubwo yizihirizaga uyu munsi ari mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gifumba, Umudugudu...
Read More
Kamonyi-Impuruza: Imihanda n’amateme byangiritse bishobora guhagarika ubuhahirane
Bamwe mu bakoresha umuhanda wa Rugobagoba werekeza ku Mugina ku ishuri ryitiriwe Mutagatifu Ignace ndetse n’abakoresha umuhanda werekeza mu murenge wa Ngamba ahitwa mu Kabuga ku ishuri ryitiriwe Padiri Ramon, barasaba ubuyobozi kugira icyo...
Read More
Muhanga: Amaburakindi no kutamenya bibatera gukora ibyaha by’inzaduka n’ibyangiza ibidukikije
Mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyarusange, Akagari ka Ngaru, Umudugudu wa Gitega, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwatangije ubukangurambaga ku byaha by’inzaduka n’ibyaha bibangamiye ibidukikije. Abaturage bavuga ko bimwe muri ibi byaha babikoreshwa no kutabimenya...
Read More
Ruhango: Abanyamakuru bakorera mu Ntara y’Amajyepfo bagabiye umuturage banaremera ufite igishoro gito
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 18 Nyakanga 2023, mu kagari ka Rwoga, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Ruhango Abanyamakuru bakorera mu Ntara y’Amajyepfo baremeye uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bamugabira Inka. Baremeye kandi umubyeyi...
Read More
Muhanga: Haravugwa ukuboko kw’abakomeye mu birombe by’amabuye y’Agaciro
Bamwe mu baturage mu karere ka Muhanga by’umwihariko mu bice bitandukanye by’ahakorerwa ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro baravuga ko hari abayobozi b’imirenge n’abandi bakomeye batagaragara ariko bazwi bongeye gushyira ukuboko mu birombe by’amabuye y’agaciro. Bahamya ko...
Read More