Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG) yashyize ahagaragara urutonde rw’abasirikare bakuru b’abafaransa bagera kuri 22 bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi kuva 1990 kugeza 1994. Mu gihe umubano w’Igihugu cy’Ubufaransa n’u Rwanda muri ibi...
Read More
Gasabo: Impanuka y’imodoka yahitanye abantu bane abandi bane barakomereka
Kuri iki cyumweru taliki ya 30 ukwakira 2016, ahagana saa tanu z’amanywa mu mudugudu wa Bisenga akagari ka Bisenga mu murenge wa Rusororo, imodoka yagonze abantu bane bahita bapfa naho abandi bane barakomereka. Imodoka...
Read More
Muhanga: Umugabo n’umugore barwanye bapfa ikariso umwe asaba kongezwa inkoni
Nyuma yo gusanga amakariso ye atameshwe nkuko yari abimenyereye, yashatse kuzana igitsure ndetse n’inkoni k’umugorewe asanga yamurushije uburakari bararwana habura uva ku izima. Umugabo wari umenyerewe gufurirwa imyenda ye y’imbere( amakariso) n’umugore we, mu...
Read More
Uburengerazuba: Batanu batawe muri yombi bazira gukora ibitemewe n’amategeko
Ibikorwa bitandukanye bya Polisi y’u Rwanda byakorewe mu turere two mu Ntara y’u Burengerazuba byakozwe tariki ya 28 Ukwakira 2016, byatumye abagabo batanu bafatwa. Bamwe bafashwe kubera ubucuruzi bwa magendu ndetse abandi bafatwa bagerageza...
Read More
Kamonyi: Abaturage bibukijwe umuco wo kuzigama nyuma y’igikorwa cy’Umuganda
Umuganda usoza ukwezi k’ukwakira, abawitabiriye bagize igihe cyo kuganira n’abayobozi barimo Minisitiri w’imari n’igenamigambi Ambasaderi Claver Gatete wabaganirije k’umuco mwiza wo kwizigama. Igikorwa cy’umuganda ku rwego rw’akarere cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya...
Read More
Gakenke: Igikorwa cy’Umuganda cyaranzwe no kurwanya ibiyobyabwenge
Mu gikorwa ngaruka kwezi cy’umuganda wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 29 Ukwakira 2016, abaturage bagera ku bihumbi 5 bo mu murenge wa Gakenke mu karere ka Gakenke n’indi bituranye, bakanguriwe ububi bw’ibiyobyabwenge...
Read More
Gatsibo: Bamwe mu banyakiziguro bahangayikishijwe no kutagira ibicanwa
Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Mbogo, mu murenge wa Kiziguro mu karere ka Gatsibo, bavuga ko bahangayikishijwe no kutagira ibicanwa, yaba inkwi cyangwa amakara, ubu bakaba batekesha imivovo, ibirere cyangwa imbagara. Abaturage...
Read More
Burera: Abaturage bishyiriyeho uburyo bwo guca kanyanga n’ibindi biyobyabwenge
Abaturage bo mu karere ka Burera bashyizeho amahuriro icumi agamije kurwanya itundwa ry’inzoga ya Kanyanga, iyi ikaba itemewe mu Rwanda. Amahuriro, yashyizweho n’abaturage bo mu mirenge ihana imbibi na Uganda ari yo; Cyanika,Kagogo, Kinyababa,...
Read More
Gutoza abana umuco wo kuzigama bigomba kuba inshingano ya buri wese
Gufungura Konte yo kwizigama, ni umuco ugomba kuranga buri wese ushaka gutegura iterambere rye ryiza rishingiye ku kwigira ahereye kubutunzi naho yahera kugiceri cy’ijana gusa yizigamira. Mu gushishikariza abantu umuco wo kuzigama cyane kubakiri...
Read More
Imyaka 70 irashize u Rwanda rweguriwe Kristu Umwami
Ku Ngoma y’Umwami Rudahigwa, hari mu mwaka 1946 ubwo uyu mwami yaturaga u Rwanda Kristu umwami. None kuwa Kane Taliki ya 27 ukwakira 2016, hashize imyaka 70 u Rwanda rushyizwe mubiganza bya Kristu umwami....
Read More