Abanyamabanga Nshingwabikorwa babiri b’Imirenge hamwe n’abakozi bashinzwe iby’ubutaka ndetse na bamwe mu bayobozi mu tugari dutandukanye mu karere ka Muhanga banditse basaba gusezera mu kazi bakoraga. Beatrice Uwamariya, umuyobozi w’Akarere ka Muhanga aganira n’intyoza.com...
Read More
Muhanga: Uwikoreye ibyaha by’abantu ku Isi ni umwe, buri wese n’umutwaro we-Mayor
Umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Madamu Beatrice Uwamariya yakuriye inzira ku murima bamwe mu bayobozi bakomeje kwijandika mu bibazo by’imyubakire idakurikije amategeko n’amabwiriza agenga imyubakire. Yasabye aba bayobozi hamwe n’abaturage ko buri wese agomba kwikorera...
Read More
Abadepite b’Igihugu cya Namibiya bashimye Serivise zitangwa na Isange One Stop Centre
Mu ruzinduko rw’akazi barimo hano mu Rwanda, itsinda ry’intumwa za Rubanda mu gihugu cya Namibiya, basuye ikigo Isange One Stop Centre, basobanuriwe birambuye amavu n’amavuko y’ikigo ndetse na Serivise giha abakigana. Itsinda ry’intumwa z’abadepite...
Read More
Gasabo: Abakozi bo murugo bafunzwe bakurikiranyweho kwiba Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
Ngirimana Anicet hamwe na Tumukunde Esther, batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ibakuye ahantu hatandukanye mu mujyi wa Kigali nyuma yo gusiga bibye umukoresha wabo amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni ebyiri n’igice(2,500,000Fr)...
Read More