Urumogi rupakiye mu mufuka n’igice, ndetse n’ifumbire yagenewe abahinzi ba Kawa byafatiwe mu rugo rw’umuturage witwa Munyaneza Justin kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2018. Ni mu Mudugudu wa Ngendo, Akagari ka Nyagishubi ho mu...
Read More
Ngoma: Ukekwaho gukoresha inyandiko mpimbano azita amafaranga(amadolari) yatawe muri yombi
Kuri uyu wa 28 Ugushyingu 2018, Polisi mu karere ka Ngoma ku bufatanye n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB) yafashe umugabo witwa Munyabugingo Theoneste w’imyaka 28 ukekwaho gushaka kugura inzu akoresheje uburiganya binyuze mu mpapuro mpimbano yitaga...
Read More
Nyagatare: Abayoboke b’itorero ry’abadivantisiti basabwe kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge
Ibi babisabwe kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2018 n’abayobozi batandukanye nyuma y’igikorwa cyo kumenera mu ruhame amakarito asaga 179 y’inzoga zitemewe yafatiwe mu murenge wa Nyagatare mu gihe cy’amezi abiri gusa. Ni igikorwa cyitabiriwe...
Read More
Kamonyi: Imihigo yanyu, intego yanyu ntabwo mugendana – Guverineri CG Emmanuel K. Gasana
Inama mpuzabikorwa yahuje inzego zitandukanye mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2018, umuyobozi w’Intara y’amajyepfo CG Emmanuel K. Gasana yasabye buri wese guha agaciro ibyo akora, kubigira ibye, gukurikiza impanuro z’Umukuru...
Read More
Gatsibo: Abayobozi basabwe kurushaho kubungabunga umutekano mu bihe by’iminsi mikuru
Ibi babisabwe mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Gatsibo yateranye kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2018. Abayobozi batandukanye basabwe kurushaho kubungabunga umutekano mu gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka, bakaza amarondo mu rwego rwo gukumira...
Read More
Abapolisi b’u Rwanda bari muri Central Africa, bashimiwe ubwitange n’umurava bibaranga
Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego zishinzwe umutekano muri Central Africa (MINUSCA) Brig. Gen. Mouhamed Selloum yashimiye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu umurava, ubwitange n’ubunyamwuga bibaranga mu kazi kabo ka buri munsi....
Read More
Kamonyi: Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge 12 barahiriye kurangiza ikibazo cy’ubwiherero mbere ya 2018
Mu nama mpuzabikorwa y’Akarere ka Kamonyi yabereye mu cyumba cy’ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Berinadeta kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2018, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge 12 barahiriye imbere ya Guverineri w’Intara y’amajyepfo ko bitarenze tariki 30 Ukuboza...
Read More
Rwamagana: Abakora mu birombe by’amabuye y’agaciro basabwe kwirinda ibikorwa bihungabanya umutekano
Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2018 Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana yasabye abacukura amabuye y’agaciro ya ‘Gasegereti’ mu murenge wa Mwurire kwirinda ibyaha cyane cyane ubujurura buri kugaragara muri uyu murenge....
Read More
Kamonyi-Rugalika: Urujijo ku mubyeyi wazimirijwe igicaniro nyuma yo guha Mudugudu ibihumbi 40
Mukampamira Theophille, umuturage wo mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Kigese yambuwe inka ya Girinka yari amaranye imyaka igera muri ibiri. Intandaro ngo ni igurishwa ry’ikimasa cyanzwe n’uwo yagombaga kwitura maze Mudugudu ngo akamushuka...
Read More
Itsinda ry’abapolisi 240 bavuye mu butumwa bw’amahoro bashimiwe akazi keza bakoze
Ubwo bakirwaga ku kibuga cy’indege i Kanombe, abapolisi b’u Rwanda bakubutse mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo ku bungabunga amahoro muri Sudan y’Epfo bashimiwe ubunyamwuga n’ubwitange bagaragaje mu kazi. Ni itsinda ry’abapolisi 240 barimo abagabo 190...
Read More