Umuyobozi mukuru wa jandarumori y’Igihugu cy’Ubutaliyani (Carabinieri), General C.A Giovanni Nistri n’itsinda yari ayoboye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 26 Ugushyingo 2018 bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda ku...
Read More
Kigali: Polisi yifatanije n’abaturage mu muganda usoza ukwezi kw’Ugushyingo
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Ugushyingo 2018 muri gahunda y’umuganda ngaruka kwezi, Polisi y’u Rwanda yifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Gasabo mu murenge wa Jali no mu karere ka Kicukiro mu murenge wa...
Read More
Perezida Kagame yamaganiye kure abitukuza(mukorogo) asaba Polisi na Minisante kubihagurukira
Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame kuri iki cyumweru tariki 25 Ugushyingo 2018 yasabye ubuyobozi bwa Polisi y’Igihugu na Minisiteri y’Ubuzima guhagurukira ikibazo cy’abitukuza uruhu. Mu butumwa bwe,...
Read More
Kicukiro: Abakora irondo ry’umwuga 163 bakanguriwe kunoza imikorere
Abakora irondo ry’umwuga mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kigarama basabwe kurushaho kunoza inshingano zabo kandi bakihutira gutanga amakuru ku bintu bishobora guhungabanya umutekano. Ibi babisabwe mumpera z’iki cyumweru ubwo Polisi ikorera mu karere...
Read More
Manzi James unzwi nka Humble Jizzo muri Urban Boyz, yasabye anakwa umunyamerika kazi
Humble Jizzo uririmba mu itsinda rizwi nka Urban Boyz yakoze ubukwe bwa kinyarwanda bwo gusaba no gukwa umunyamerikakazi witwa Amy Blauman. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2018 mu Murenge wa Nyamyumba,...
Read More
Kicukiro: Abakoresha umuhanda basabwe kwirinda ibisindisha mu gihe batwaye ibinyabiziga
Abakoresha umuhanda barimo abamotari, abanyonzi, abashoferi ndetse n’abanyamaguru kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2018, bahuriye kuri sitade ya Kicukiro mu gitaramo cyo gusoza icyumweru cyahariwe gukumira impanuka zo mu muhanda, aho bahawe ubutumwa bubashishikariza...
Read More
Matyazo : Ikiganiro cya paxpress cyahuje abaturage nabayobozi cyihutishije ikemurwa rya bimwe mu bibazo byingutu
Nyuma y’uko muri Kamena 2018 Umuryango w’Abanyamakuru baharanira amahoro-paxpress wakoze ikiganiro cyahuje abaturage bo mu murenge wa Matyazo mu karere ka Ngororero hamwe n’abayobozi babo, bimwe mu bibazo byari bibakomereye byatangiye kubonerwa ibisubizo. Abaturage...
Read More
Kicukiro: Mu nzu y’umuturage hafatiwe udupfunyika dusaga ibihumbi 45 tw’urumogi
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2018, ku makuru ya tanzwe n’abaturage Polisi yafatiye udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 45,100, mu rugo rw’umuturage ruherereye mu karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, mu kagari ka...
Read More
Kamonyi-Rukoma: Ruswa muri Girinka yatumye babiri begura ku mirimo yabo
Umukuru w’Umudugudu wa Mubuga ndetse n’ushinzwe imibereho myiza mu mudugudu bose bo mu Kagri ka Murehe beguye ku mirimo yabo nyuma yo gukekwaho ruswa mu mitangire ya gahunda ya Girinka. Ni ikibazo cyazamukiye mu...
Read More
Menya impamvu inzira abanyamaguru bambukiramo mu muhanda yahinduriwe ibara
Minisiteri y’ibikorwaremezo iravuga ko gusibura inzira abanyamaguru bambukiramo mu muhanda hakoreshejwe irange ry’umutuku n’umweru ari ukubaha agaciro kandi bikazafasha kugabanya impanuka zibera ahagenewe kwambukira abanyamaguru, kuko ayo marangi agaragarira neza buri wese ukoresha umuhanda....
Read More