Abatuye mu kagari ka Mumena, Umurenge wa Nyamirambo Akarere ka Nyarugenge batangaza ko itorero ku mudugudu rizafasha kurushaho kwimenya no kugira ishyaka ryo gukunda igihugu, bakabyaza umusaruro amahirwe bafite binyuze mu masibo y’intore ku...
Read More
Bamporiki Edouard yabwiye Impamyabigwi amagambo akomeye yuje ubuhanga n’ubwenge (….)
-Muratwasa twajya gusandara mukadusama….. -Aho umugabo aguye undi atererayo utwatsi, aho umugore aguye undi agashyiraho agatenge -Iyo umwana yambaye ubusa mu rwanda tubanze twemere ko ari uwacu Edouard Bamporiki, Umuyobozi mukuru w’itorero ry’igihugu kuri...
Read More
Kicukiro: Polisi yagaragaje umwe mu bakekwaho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge bahambaye
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Werurwe 2019, Polisi yeretse itangazamakuru umugabo yafatanye imifuka 12 y’urumogi mu nzu yari yarahinduye ububiko bw’urumogi. Ukiliwabo Amri w’imyaka 40 yafatiwe mu karere ka Kicukiro mu murenge...
Read More
Polisi y’u Rwanda yashyikirijwe ububiko 145 bw’imbunda nto bugezweho
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 30 Werurwe 2019, yashyikirijwe ububiko bugezweho bw’imbunda nto bugera ku 145. Yabushyikirijwe n’ Umuryango ushinzwe kurwanya Ikwirakwira ry’Intwaro nto n’iziciriritse mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (RECSA). Ubu bubiko buzafasha...
Read More
Ikigega cy’abanyamakuru kigiye gutangira RGB ishyiramo Miliyoni eshanu z’inkunga
Mu nama y’inteko rusange y’Impamyabigwi ibyiciro byombi uko ari 3 yateraniye I Kigali kuri uyu wa 29 Werurwe 2019, umuyobozi w’urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere-RGB, Dr Usta Kayitesi yijeje abayitabiriye ko ubwo iki kigega kizaba gitangiye...
Read More
Ukwizera nyako kuzana ibisubizo – Rev./Ev.Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev./ Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nk’uko Imana...
Read More
Burera: Abanyeshuri ba GS Cyapa bakanguriwe kugira uruhare mu gukumira ibiyobyabwenge mu mashuri
Kuri uyu wa 27 Werurwe 2019 Polisi ikorera mu karere ka Burera yaganirije abanyeshuri bagera kuri 345 bo mu Rwunge rw’amashuri rwa Cyapa ibasaba kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge. Chief Inspector of Police...
Read More
Rwamagana: Abakozi batanze hafi Miliyoni 7 mu guhashya imirire mibi mu bana
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buvuga ko abakozi b’akarere n’izindi nzego zigakoreramo bakusanyije inkunga ingana na 6,950,000Fr yo gufasha abana 644 bafite ibibazo by’imirire mibi. Ibi ngo bakaba basanga batakomeza kuyobora abaturage bafite ibibazo kandi...
Read More
Kamonyi: Umuyobozi wa WFP (PAM) ku isi yasuye abahinzi b’ibigori mu Kibuza-Amafofo
David Beasley, umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ku isi-WFP(PAM) kuri uyu wa 28 Werurwe 2019 yageze bwa mbere mu karere ka Kamonyi aganira n’abahinzi bibumbiye muri Koperative KABIAKI, bahinga ibigori mu gishanga...
Read More
Rwamagana: Ku myaka 70 Nyiramagare yiyubakiye ubwiherero anenga abatabugira kandi bashoboye
Nyiramagare Alivera, avuga ko impamvu benshi mu baturage bo mu murenge wa Gishari batagira ubwiherero, ahanini biterwa n’ubunebwe ahamya kandi ko abafite imbaraga nabo usanga bafite imisarane itujuje ibisabwa kuko hari abirirwa mu tubare...
Read More