Kuri uyu wa 27 Werurwe 2019, Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali ifatanyije n’ubuyobozi bw’abamotari mu Karere ka Nyarugenge batanze amahugurwa agamije gukangurira abamotari kurushaho kunoza umwuga wabo bagira uruhare mu gukumira ibyaha. Aya mahugurwa...
Read More
Rwamagana: Polisi yashubije umuturage arenga miliyoni n’igice yari yibwe
Ku gicamunsi cyo ku wa 27 Werurwe 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Muyumbu, yashubije umuturage witwa Seburima Sarathiel w’imyka 67 amafaranga angana na 1,588,000frw muri mliyoni 1,927,000...
Read More
Kamonyi: Umuyobozi wa WFP ku Isi yijeje abahinzi b’Ibigori ko azaratira Perezida Kagame ibyo yabonye
Umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa-WFP mu rugendo rwe mu karere ka kamonyi mu Murenge wa Gacurabwenge kuri uyu wa 28 Werurwe 2019 ubwo yasuraga abahinzi b’ibigori mu Kibuza, yabijeje inkunga, anabizeza ko...
Read More
Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi basinye amasezerano y’ubufatanye
Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi basinyanye amasezerano y’ubufatanye azibanda mu gusangira ubumenyi hagati y’impande zombi ndetse no guhanahana amakuru agamije kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka. Aya masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa 26 Werurwe 2019,...
Read More
Niba mu Rwanda hari Umugore ukitinya azaze mwereke uko yitinyuka-Ingabire Marie Immaculée
Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée aherutse kwemerera abagore bo mu Rwanda ko abagifite ukwitinya mu guhangana kwisoko ry’umurimo bamwegera akabereka uko bakwitinyuka. Hari mu biganiro byahuje inzego zitandukanye byabaye kuwa 26...
Read More
Rusizi: Litiro 500 z’inzoga z’inkorano zitemewe zamenwe abazifatanywe barahanwa
Mu bikorwa byo kurwanya abakora bakanacuruza ibiyobyabwenge n’inzoga z’inkorano Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa Bugarama yafashe abagabo batatu bakora bakanacuruza inzoga z’inkorano mu baturage. Litiro 500 z’izi nzoga zamenwe....
Read More
Gasabo/Nduba: Inteko y’abaturage yasubitswe kubera itangazamakuru ryayitabiriye
Inteko y’abaturage yagombaga kuba kuri uyu wa 25 Werurwe 2019 mu kagari ka Gasanze Umurenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo yahagaritswe n’abagombaga kuyiyobora ku mpamvu zo kwanga ko itangazamakuru riyitabira. Umwe mu bayobozi baturutse...
Read More
Inzego zibishinzwe ni zihaguruke ihame ry’uburinganire ryubahirizwe mu itangazamakuru-Depite Nyiragwaneza
Depite Nyiragwaneza Anatharie avuga ko inzego zibishinzwe zikwiye guhaguruka zigakurikirana iyubahirizwa ry’uburinganire mu itangazamakuru aho imibare y’abagore muri uyu mwuga ukiri ku kigero cyo hasi ugereranije n’ikigero gisabwa. Yabivugiye mu biganiro bigamije kongerera imbaraga...
Read More
Hakenewe itangazamakuru rizana impinduka mu kurandura ihohoterwa mu muryango-Albert B. Pax Press
Albert Baudouin Twizeyimana umuhuzabikorwa w’umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro mu Rwanda (Pax Press) asanga itangazamakuru rikenewe mu muryango nyarwanda ari irizana impinduka mu kurandura ihohoterwa. Ibi yabitangarije abanyamakuru bari mu mahugurwa I Karongi kuri uyu...
Read More
Guhugura ibigo byigenga bicunga umutekano bitanga musaruro ki?
Ibigo byigenga bitandukanye bicunga umutekano hano mu Rwanda usanga bigira gahunda y’amahugurwa bihabwa na Polisi abifasha kunoza inshingano no gukorana neza n’izindi nzego zishinzwe umutekano. Umuyobozi w’ishami rishinzwe kureberera ibigo byigenga bicunga umutekano muri...
Read More