Mu biganiro byahuje Polisi n’itangazamakuru kuri uyu wa 22 Werurwe 2019 ku cyicaro cya Polisi ku Kacyiru, ubuyobozi bwa Polisi bwatangaje ko nubwo abajura 6 mu kwezi kumwe bamaze kuraswa bagapfa ngo siwo mugambi, ariko...
Read More
Burera: Ibiyobyabwenge bifite agaciro k’amafaranga asaga Miliyoni 15 byamenewe mu ruhame
Ibiyobyabwenge ntibyarwanywa n’inzego z’umutekano gusa umuturage wese atabigizemo uruhare rwo kubirwanya. Ni muri urwo rwego ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru buri kumwe na Polisi n’abaturage tariki 20 Werurwe 2019 bamennye ibiyobyabwenge by’agaciro k’asaga Miliyoni 15, hatangwa...
Read More
Kayonza: Abaturage basabwe gukumira amakimbirane abera mu ngo
Uruhare rw’abaturage mu kwicungira umutekano no gutangira amakuru ku gihe byorohereza inzego z’umutekano gukumira ibyaha bitaraba. Ibi, babyibukijwe ndetse babisabwa na Polisi tariki 20 Werurwe 2019 mu nteko rusange y’abaturage mu Murenge wa Mukarange....
Read More
Polisi iraburira abatwara imodoka zitagira utugabanyamuvuduko
Ibi byatangajwe n’umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi, kuri uyu wa 21 Werurwe 2019, ubwo hatangizwaga igikorwa cyo kugenzura imodoka zitwara abantu n’ibintu zidafite...
Read More
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi John Rutayisire na Gasana Janvier bayoboye REB
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje muri iri joro ryo kuwa 21 Werurwe 2019 ko bwataye muri yombi abahoze ari abayobozi bakuru b’ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi-REB aribo John Rutayisire na Janvier Gasana. Bubinyujije ku rubuga rwa...
Read More
Kamonyi/Rukoma: Ababyeyi bafite abana bari mu mirire mibi ikabije ibyabo byasubiwemo
Abana barwaye bwaki ku rwego rw’aho bari mu ibara ry’umutuku mu murenge wa Rukoma kimwe n’ababyeyi babo, bashakiwe icyumba cyihariye mu kigo nderabuzima cya Rukoma, bafashwa by’umwihariko n’abashinzwe imirire n’abaganga mu gihe nibura cy’ibyumweru...
Read More
Kamonyi: Umugabo yafashwe agerageza guha ruswa umupolisi
Polisi yafashe umugabo witwa Nshimiyimana Eric ufite imyaka 35 y’amavuko wo mu karere ka Kamonyi ubwo yageragezaga guha ruswa y’amafaranga 40,000frw umupolisi w’ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda kugira ngo amurekurire moto ye Tvs...
Read More
Rwarutabura: Bibukijwe kugira isuku n’umutekano ibyabo ” Isuku yanjye, isuku yawe”
“Isuku yanjye, isuku yawe” bumwe mu bukangurambaga ku isuku n’umutekano, bwatangijwe n’abayobozi b’umurenge wa Nyamirambo akarere ka Nyarugenge umujyi wa Kigali. Ubuyobozi bw’umurenge bugira buti: “Nyamirambo ikeye kandi itekanye”. Ubu bukangurambaga ku isuku n’umutekano...
Read More
Kamonyi: Kurangiza imanza zisaga 400 z’imitungo yangijwe mu gihe cya Jenoside ni agatereranzamba
Umuyobozi w’Akarere ka kamonyi, kayitesi Alice avuga ko imanza 438 zishingiye ku mitungo yangijwe mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 zitararangizwa. Kutarangizwa kwazo ahamya ko hari ingaruka ku mu bumwe n’ubwiyunge, ariko...
Read More
Kamonyi: Komiseri Dusabeyezu asanga umugororwa witegura gutaha adakwiye gutegurwa wenyine
Tasiyana Dusabeyezu, Komiseri muri Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge avuga ko mu gihe hategurwa umugororwa ugiye gusubira mu muryango, hakwiye no kuzirikanwa abo agiye gusanga nabo bagategurwa. Kutabikora gutya ngo hari ibyangirika. Komiseri Dusabeyezu, ushinzwe by’umwihariko...
Read More