Nyuma y’igihe kitari gito bibujijwe kubakisha amatafari ya “rukarakara” mu bice bimwe na bimwe by’igihugu cyane cyane ibice by’umujyi, hasohotse amabwiriza yemerera abantu kubakisha aya matafari yari yarahejwe kuri bamwe. Uko amabwiriza agena iyubakishwa...
Read More
Amajyepfo: Ibyo utamenye mu biganiro byaranze umwiherero w’Abayobozi ( igice cya 1)
Guhera Tariki 27 kugeza 29 Nyakanga 2019 I Kabgayi habereye umwiherero wateguwe n’Intara y’Amajyepfo witabirwa n’abayobozi batandukanye muri iyi Ntara. Ni umwiherero wize ku bibazo bitandukanye bibangamiye imibereho n’iterambere ry’umuturage, uba n’umwanya wo kongera...
Read More
Nyabihu/Bigogwe: Kumva Ihame ry’Uburinganire n’ubwuzuzanye biracyagoye bamwe mu bagore
Bamwe mubagore b’Umurenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu bavuga ko nta buringanire bubaho hagati y’Umugabo n’Umugore. Bahamya ko habaho ubwuzuzanye gusa bashingiye ahanini ku kuba umugore ariwe usanga umugabo (uramurambagiza, akamukwa akanamurongora). Mukiganiro Impuzamiryango...
Read More
Umwiherero: Min. Shyaka yasabye ko Ibisubizo ku bibazo by’umuturage biva mu mpapuro na Minisiteri
Mu mwiherero w’iminsi itatu w’Abayobozi batandukanye mu Ntara y’Amajyepfo n’abafatanyabikorwa uri kube I Kabgayi, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase kuri uyu wa 28 Nyakanga 2019 yasabye ko ibisubizo by’ibibazo bibangamiye imibereho y’umuturage biva...
Read More
Kacyiru: Abapolisi barenga 500 batanze amaraso
Nk’uko bisanzwe, buri mpera z’ukwezi abapolisi hirya no hino mu gihugu bifatanya n’abanyarwanda mu gikorwa cy’umuganda rusange. Ni muri urwo rwego nyuma y’umuganda rusange wo kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2019 wabereye...
Read More
Ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina bwakomereje kubarikorewe
Icyumweru cya kabiri cyahariwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’inda ziterwa abana, mu kwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi, kuri uyu wa 26 Nyakanga 2019 mu karere ka Gakenke mu murenge wa Nemba habereye amahugurwa...
Read More
GUFASHA CYANGWA KWITANGA KU MURIMO W’ IMANA BISABA GUSHISHOZA-Rev./Ev. Eustache Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo...
Read More
Abayobora ibigo bitwara abagenzi bibukijwe ko umuti w’impanuka ufitwe ahanini n’abashoferi
Ubwo abayobora ibigo bitwara abagenzi mu modoka bahabwaga amahugurwa na Polisi kuri uyu wa 25 Nyakanga 2019 ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku kacyiru, basabwe kwibutsa abashoferi babo kuzirikana amategeko agenga imikoreshereze y’umuhanda...
Read More
Ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi: Abapolisi basaga 100 batanze amaraso
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 25 Nyakanga 2019, mu ishuri rikuru rya Polisi NPC (National Police College) riherereye mu karere ka Musanze habereye igikorwa cyo gutanga amaraso cyateguwe na Polisi k’ubufatanye...
Read More
Urwego rw’Umuvunyi rwataye muri yombi abakozi 2 bo muri serivise z’Ubuzima
Mu itangazo urwego rw’umuvunyi rwashyize ahagaragara kuri uyu wa 25 Nyakanga 2019, rutangaza ko abakozi babiri bakora muri Serivise z’ubuzima aribo Bigirimana Jean Damascène bakunze kwita Ngamba ( wari umuyobozi wungirije ushinzwe kwandika) muri...
Read More