Mu rukiko rwa rubanda i Buruseli mu gihugu cy’u Bubiligi, kuri uyu wa 20 Ukuboza 2019 nyuma yo guhamya Fabien Neretse ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka w’1994, rwamukatiye gufungwa imyaka...
Read More
Nyanza/Busasamana: kwishyira hamwe kw’ababana na Virusi itera Sida kwatumye biteza imbere
Abagore n’abagabo 32 barimo umubare munini w’ababana n’agakoko (Virusi) gatera Sida bibumbiye muri Koperative Itetero bizamurira icyizere cy’ubuzima, biteza imbere aho bihuza mu matsinda yo kubitsa no kugurizanya, bagahinga ibihumyo, bagacuruza n’isombe byose bibafasha...
Read More
Kamonyi/Rukoma: Umurambo w’umuturage wasanzwe mu biro by’Akagari
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu Tariki 20 ukuboza 2019 hagati y’ i saa sita n’i saa munani mu Kagari ka Gishyeshye ho mu Murenge wa Rukoma umuturage ukekwaho ubujura yafashwe n’abari ku...
Read More
Buruseli: Fabien Neretse yahamijwe ibyaha bya Jenoside
Nyuma y’amasaha 51 inyangamugayo z’urukiko rwa rubanda i Buruseli ho mu Bubiligi ziri mu mwiherero, mu ijoro ryo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2019 ku i saha y’i saa yine nibwo zagarutse mu cyumba...
Read More