Mu bipimo 901 byapimwe mu masaha 24 ashize, Minisiteri y’ubuzima muri iri joro rya tariki 13 Mata 2020 yatangaje ko umuntu umwe ariwe wasanganywe ubwandu bw’icyorezo cya Covid-19. Uyu muntu umwe ahise ashyitsa umubare...
Read More
Kamonyi/Rugalika: Umugabo aravugwaho kubwira umugore we amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 13 Mata 2020 ku I saa kumi mu Mudugudu wa Mpungwe, Akagari ka Masaka, Umurenge wa Rugalika, hari umugabo witwa Ndengeyingabo w’imyaka 60 y’amavuko wafashwe ajyanwa kuri RIB...
Read More
Kamonyi/Ngamba: Umugore witwa Ingabire Epiphanie avuga ko yabwiwe amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside
Kuri uyu wa 13 Mata 2020 ku I saa tanu, mu Mudugudu wa Fukwe, Akagari ka Kabuga, Umurenge wa Ngamba ho mu Karere ka Kamonyi, umugore witwa Ingabire Epiphanie w’imyaka 22 y’amavuko, avuga ko...
Read More
Kamonyi / kwibuka26: Abagizi banabi bibasiye ibikorwa by’uwarokotse Jenoside
Mu Mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Gihira, Umurenge wa Gacurabwenge ho mu karere ka kamonyi, mu gitondo cyo kuri uyu wa 13 Mata 2020 hagaragaye ubugizi bwanabi bwibasiye imirima ibiri y’Imyumbati y’uwarokotse Jenoside. Ntabwo...
Read More
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yakize CoronaVirus, asezererwa mubitaro
Downing Street, aribyo biro bya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson, byatangaje kuri uyu wa 12 Mata 2020 ko uyu muyobozi wari umaze iminsi arwaye CoronaVirus yavuye mubitaro aho yavurirwaga iki cyorezo agataha iwe....
Read More