Ubwo yatangiraga ibikorwa byo kwiyamamariza indi manda nk’umukuru w’Igihugu cya Amerika, Trump yabwiye abitabiriye kwiyamamaza kwe ko yabwiye abashinzwe ibyo gupima icyorezo cya Coronavirus ko bagomba kugenza make, umuvuduko mu gupima abantu banduye ukagabanywa....
Read More
Minisitiri w’Ubuzima muri Zimbabwe akurikiranweho ruswa yo mu isoko rya Covid-19
Minisitiri w’Ubuzima mu gihugu cya Zimbabwe yarahagaritswe ku mirimo ndetse arimo gukurikiranwaho ibyaha bifitanye isano na ruswa bikekwa ko yahawe mu gutanga isoko ry’imiti hamwe n’ibikoresho byo gupima icyorezo cya Coronavirus. Obadiah Moyo, Minisitiri...
Read More
Huye: Abangavu 139 bayobotse gahunda yo kuboneza urubyaro nyuma yo kubyarira iwabo
Imibare itangwa n’ubuyobozi bw’akarere ka Huye igaragaza ko muri aka karere habarurwa abangavu 139 babyariye iwabo kuva uyu mwaka watangira, bose bakaba baritabiriye gahunda yo kuboneza urubyaro nta gahato nyuma yo kubiganirizwa bakumva neza...
Read More
Leta y’u Burundi yatangaje ko habonetse abantu 40 bashya banduye Covid-19
Nyuma y’uko Tariki 19 kamena 2020, abategetsi b’u Burundi batangarije itangazamakuru ko bagiye gutangira igikorwa cyo gupima icyorezo cya Covid-19 mu mavuriro yose y’uturere, kuri uyu wa 20 Kamena 2020 batangaje ko mu bipimo...
Read More