Imyaka 50 nyuma y’ubwicanyi bushingiye ku bwoko bwabaye mu Burundi, ababurokotse barasaba Leta gukora ikirenzeho mu guhangana n’umurage w’urugomo. Abantu bagera ku 300,000 barapfuye mu bwicanyi bwatangiye ku itariki ya 29 y’ukwezi kwa kane...
Read More
Nyamagabe: Bucyibaruta yasize isura mbi i Nyamagabe no ku buyobozi-Meya Niyomwungeri
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand ahamya ko Bucyibaruta Laurent wahoze ari Perefe wa Perefegitura Gikongoro mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yasize inkuru mbi ku ngoma ye bitewe n’ibyo yakoze mu gihe cya...
Read More
Kamonyi-Nyamiyaga: Umugabo akomye akaruru ko umugore we barimo kumusambanya
Ni mu Mudugudu wa Kinanira, Akagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga, Akarere ka Kamonyi aho umugabo yavuye ku mu Murenge wa Mugina mu masaha y’ijoro ahurujwe ko umugore we barimo ku musambanya. Yihutiye guhita...
Read More
Muhanga: Baratabariza umubyeyi ufite uburwayi bwo mu mutwe watewe inda urara ku muhanda
Bamwe mu bakorera ndetse n’abakoresha umuhanda uturuka ku Kigo abagenzi bategeramo imodoka cya Muhanga (Gare ya Muhanga), ugafata umuhanda werekeza Karongi na Ngororero, baratabariza umubyeyi uvuga ko yitwa Claire. Agaragara nk’ufite uburwayi bwo mu...
Read More
Ngororero: Ikibazo cy’Abana 50,5% bafite imirire mibi n’Igwingira cyahagurukiwe
Abana bangana na 50,5% mu karere ka Ngororero bafite ibibazo by’igwingira n’imirire mibi. Ibi, byahagurukije inzego z’Ubuyobozi mu gikorwa cy’ ubukangurambaga bwatangijwe kuri uyu wa 27 Mata 2022, bugamije kurandura burundu ibi bibazo mu...
Read More
Perezida Vladimir Putin yahaye Gasopo igihugu icyo aricyo cyose cyashaka kwinjira mu ntambara arimo
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin, yaburiye ko igihugu icyo ari cyo cyose kigerageza kujya mu ntambara yo muri Ukraine kizahura n’igisubizo “cyihuta nk’umurabyo”. Mu ijambo ribonwa nk’irikomoza kuri misile zo mu bwoko bwa ballistic ndetse...
Read More
Kamonyi-Kwibuka 28: Ndashimira Abarokotse Jenoside ku mpano ikomeye y’imbabazi mwatanze-Guverineri Kayitesi
Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu gice cy’Amayaga, aho abarokotse Jenoside mu Murenge wa Mugina na Nyamiyaga mu cyahoze ari Komine Mugina, bibutse...
Read More
Umunyarwanda Micomyiza ukekwaho ibyaha bya Jenoside yoherejwe kuburanira mu Rwanda
Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe nibwo ku i saa 6h30 z’igitondo cyo kuri uyu wa 27 Mata 2022 hagejejwe Umunyarwanda Micomyiza Jean Paul uzwi cyane nka “Mico”. Yaje yoherejwe n’Igihugu cya...
Read More
Ruhango: Abarokotse Jenoside barasaba ko abarundi bishe Abatutsi bakurikiranwa, hakanashakishwa“Pilato”
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu gice cy’Amayaga, barasaba ko Leta y’u Rwanda n’Uburundi baganira ku mpunzi z’Abarundi zagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho zishe abari bahungiye kuri Komini ya Ntongwe. Barasaba...
Read More
Ruhango-Kwibuka 28: Hashyinguwe imibiri 65 y’Abatutsi, Abarokotse Jenoside bibutsa ko imyaka 8 ishize bemerewe inzu y’Amateka….
Mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe mu gice cy’Amayaga mu cyahoze ari Komini Ntongwe, kuri uyu wa 24 Mata 2022 hashyinguwe imibiri 65 yakuwe aho yari yarashyinguwe mu buryo butayihesha...
Read More