Freddie Figgers yahawe mudasobwa ye ya mbere afite imyaka icyenda. Yari ishaje kandi ntiyakoraga ariko yabaye intango y’urukundo rw’ikoranabuhanga ryamuhinduye umuvumbuzi, rwiyemezamirimo n’umuherwe mu bijyanye n’itumanaho, ibintu bacye bari gutekereza ko byamubaho nyuma y’ubuzima...
Read More
Imbeba yanditse izina, ikaba intwari mu gutegura ibisasu yerekeje mu kiruhuko cy’izabukuru
Iyi mbeba yitwa Magawa, yamamaye ubwo yahabwaga umudari wa zahabu w’ubutwari. Igiye kujya mu kiruhuko cy’izabukuru mu kazi kayo ko gutegura ibisasu (mines) byatezwe mu butaka. Mbere yo kugenda, izabanza kwakira no kumenyereza ngenzi...
Read More
Tanzania mu nzira yo koroshya ibiciro byo guhamagara no kwitaba muri EAC
Biteganyijwe ko kugera mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka Tanzania nayo izaba yemeje amasezrano ya One Network Area yo koroshya ikiguzi cyo guhamagara no kwitaba kuri telephone muri Africa y’Iburasirazuba. Iki gikorwa cya Tanzania...
Read More
Nyuma y’imyaka 37 mu burezi, College APPEC ikomeje urugendo rwo gutanga umusanzu mu burezi
Ni College APPEC Remera-Rukoma TVET School, cyatangiye ari ikigo cy’ishuri ryigenga cyashinzwe n’ababyeyi mu 1984, giherereye mu Murenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi. Ubu ni ikigo gifashwa na Leta ku bw’amasezerano, itanga ibikoresho ikanahemba...
Read More
Muhanga: Hagaragajwe ko hari ibice by’insina byaribwa bikanavamo ibikoresho bitandukanye
Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi(ICK) ryamuritse ubushakashatsi ryakoze ku mukanana w’igitoki ndetse n’intimatima yo mu mutumba. Ubu bushakashatsi bwerekanye ko bushobora guteza imbere abahinzi b’urutoki kubera ko igice cyakoreweho cyari gisanzwe kijugunywa. Ni ubushakashatsi...
Read More
Uburusiya bugiye kubaka ikigo gitunganya ingufu za Nicleyere mu Burundi
Leta y’U Burundi n’iy’Uburusiya byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu mugambi wo gukoresha mu nzira y’amahoro ingufu za Nucleaire. Ikigo cya Leta y’Uburusiya ROSATOM gishinzwe iby’ingufu za nucleaire kimenyesha ko ku ruhande rw’Uburusiya aya...
Read More
Kamonyi: Bamwe mubatanga Serivise z‘Ubutabera bariba abaturage
Abaturage mu bice bitandukanye by’Akarere ka Kamonyi, babangamiwe n’akajagari ko gucibwa amafaranga y’umurengera mu batanga Serivisi z’ubutabera zizwi nka IECMS( Integrated Electronic Case Management system). Baribaza icyo Minisiteri y’ubutabera ikora mu gukurikirana abo bita...
Read More
Abaguze inkweto ziswe iza Shitani zirimo amaraso y’umuntu bagiye gusabwa kuzisubiza
Nike yatangaje ko abanyabugeni bakoze “Inkweto za Shitani” bivugwa ko zirimo igitonyanga cy’amaraso y’umuntu bemeye gusaba abaziguze kuzigarura bakabasubiza amafaranga yabo. Izi nkweto za siporo zavuzweho cyane, zaguzwe umuguru umwe ku $1,018 (agera kuri...
Read More
Inkweto ziswe iza “Shitani” zirimo igitonyanga cy’amaraso nyayo y’umuntu zateje ikibazo
Uruganda rwa Nike ruri gukurikirana abanyabugeni MSCHF kubera inkweto zitavugwaho rumwe ziswe “Inkweto za Satani” zifite igitonyanga cy’amaraso nyayo y’umuntu mu mupira wazo. Izi nkweto za siporo zaguzwe $1,018 (arenga miliyoni imwe y’u Rwanda)...
Read More
Miliyoni 2.9$ yaguzwe ubutumwa (Tweet) bwa mbere bwashyizwe kuri Twitter nk’imari ikomeye
Uyu mugabo witwa Sina Estavi waguze kuri miliyoni $2.9 ubutumwa bwa mbere (tweet) bwanditswe kuri Twitter n’uwayishinze Jack Dorsey, abibona nk’ishoramari ririmo ubwenge. Sina Estavi yagize ati: “Ni agace k’amateka ya muntu mu buryo...
Read More